skol
fortebet

Urutonde rw’ibyamamare byakijijwe n’imiterere y’umubiri wabo ukurura igitsina gabo[AMAFOTO]

Yanditswe: Monday 14, May 2018

Sponsored Ad

skol

Mu byamamarekazi bitandukanye birimo Kim Kardashian , Miley Cyrus , Christina Hendricks, byakijijwe n’ ubwiza bugaragara ku mubiri wabo birimo , amaso meza , umubyimba ,munda hato ndetse n’ibindi.

Sponsored Ad

Kim Kardashian

Umunyamidelikazi ukomeye muri Amerika benshi bemeza ko uyu mugore yakijijwe n’imiterereye y’umubiri kuko bimufasha kubona ibiraka birimo kwamamaza imyenda ndetse n’ibindi bimuha amafaranga .

Cara Delevigne

Kubera amaso ya Cara bimwongerere igikundiro kuri buri muntu wese umurebye

Christina Hendricks

Christina Hendricks ni umwe mubanyamakuru bakomeye muri Amerika kubera ubwiza bwe aho bamwe bavuga ko uyu mugore afite mu gituza heza ,bituma abona akazi ku buryo bworoshye kuri Televiziyo .

Jared Leto

Umukinnyi wa filime ukomeye muri Leta zunzu Ubumwe z’Amerika kubera umusatsi we benshi bavuga ko uyu musore akundwa n’igitsina gore kubera uburyo uburyo yiyogoshesha .

Cindy Crawford

Bitewe n’indoro ye ndetse nuko agaragara buri umwe umureba bituma arushaho gukundwa ndetse no kwigarurira imitima y’abagab benshi , mu gihe bamwe bavuga ko uyu mu gore azwiho kugira indoor nziza kandi yakundwa na buri umwe .

Kylie Jenner

Umunyamakurukazi ukunzwe kandi uzwiho kugira Umunwa ( Lips) ukunzwe na buri umwe wese , biri mu byatumye uyu mu kobwa akundwa n’ imbaga y’abantu kubera uburanga bwe.

Ibitekerezo

  • Imana yahaye ubwiza abakobwa n’abagore,kugirango bashimishe gusa umugabo bazashakana biciye mu mategeko.None ubwiza bwabo butuma millions and millions basambana.Gusambana ni icyaha kizatuma batabona ubuzima bw’iteka muli paradizo dutegereje.Ntacyo bimaze kwishimisha akanya gato,hanyuma ukazabura ubuzima bw’iteka kandi ntuzazuke.Nukugira ibitekerezo bigufi cyane.Nibyo bita “Spiritual Myopia”. Abantu bumvira imana,bazazuka ku munsi w’imperuka nkuko Yesu yavuze muli Yohana 6,umurongo wa 40.Hanyuma imana ibahembe ubuzima bw’iteka muli Paradizo.Igihano cy’abanyabyaha,ni urupfu rwa burundu nta kuzuka.Soma Abaroma 6:23.Nta hantu na hamwe bible ivuga ko tuba twitabye imana.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa