skol
fortebet

Vera Sidika ufite umubiri ukurura abagabo yavuze impamvu yikinishaga aryamanye n’umukunzi we [AMAFOTO]

Yanditswe: Wednesday 25, Sep 2019

Sponsored Ad

skol

Ikimenyabose akaba n’umushabitsi muri Kenya, Vera Sidika atangaza ko uwo bahoze bakundana Otile Brown ntacyo yari ashoboye mu buriri bitewe n’igitisna gito ndetse no kurangiza vuba kwe.

Sponsored Ad

Vera Sidika na Otile Brown batandukanye mu Kwakira 2018. Muri iyi minsi bagaragara ku mbuga nkoranyambaga basubizanya ubutitsa, ahanini bavuga ku birego birimo iby’intege nke mu buriri n’ibindi.

Vera Sidika avuga ko Otile ntacyo yari ashoboye mu buriri, ibirego uyu mugabo adahakana ariko akiregura avuga ko uyu mukobwa yabaswe n’imibonano mpuzabitsina kuko ngo atatinyaga no kwikinisha kandi umugabo amuryamye iruhande.

Ati “Afite agatsina gato katanshimisha, ni umugabo w’amasegonda 10 mu buriri, ntashobora kurenza icyo gihe. Akenshi nasigaraga mbabaye kuko nabaga numva ntacyo amariye.”

Aya magambo Sidika yayavuze ubwo yasabwaga kugira icyo atangaza ku byavuzwe ko indirimbo ye nshya yise ‘Nalia’ ivuga kuri Otile Brown.

Yahakanye abavuga ibi, yemeza ko atakwirirwa ata amarira y’ubusa kuri uyu mugabo utaragize icyo amumarira ku guhaza ibyifuzo bye byo mu buriri.

Vera Sidika ni umwe mu bagore bakurura abagabo bitewe n’imiterere y’umubiri we
Mu kuvuga ku byo ashinjwa na Otile Brown, Sidika ati: “Avuga [Otile] ko nabaswe n’imibonano mpuzabitsina kuko ngo ntatinyaga no kwikinisha kandi andyamye iruhande, ni nde utabikora mu gihe umugabo ntacyo yamumariye? Umugabo ntaguhaza, nta kugusoma nta kugutegura, araho gusa ngo ararongora mu masegonda 10.”

Ibitekerezo

  • Uyu mukobwa ni mwiza rwose.Ariko ikibabaje nuko millions and millions z’abakobwa bakoreshwa Ubuto (youth) n’Ubwiza bwabo mu busambanyi,babyita ngo ni "ukuba mu rukundo".Bakwiye kwibuka ko Imana ariyo iduha ubuzima,ubwiza n’ubuto.Hanyuma ikadusaba kuyumvira,niba dushaka kuzabona ubuzima bw’iteka muli paradizo.Kwishimisha ukora ibyo Imana yakuremye itubuza,ni ukutagira ubwenge nyakuri (wisdom).Kubera ko ejo uzasaza,ugapfa,ntuzuke ku munsi wa nyuma.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa