skol
fortebet

Vera Sidika yitabiriye ibirori bya Tanasha yambaye ikariso n’isutiye gusa abari aho bifata mu maso[AMAFOTO]

Yanditswe: Sunday 25, Aug 2019

Sponsored Ad

skol

Umukobwa witwa Vera Sidika waje mu birori bya Tanasha Donna ubwo yari yambaye ikariso n’isutiye maze abari aho bose bifata mu maso.

Sponsored Ad

Kuri uyu wa 22 nibwo Diamond Platnumz yakoreye umukunzi we Tanasha Donna ibi birori, aho byabereye hakaba hari hatatwe bifashishije imyenda y’impinja, ibikinisho ndetse n’ibindi bikoresho by’abana. Mu babyitabiriye, mama wa Diamond, nyirakuru ndetse n’inshuti ze za hafi bari babucyereye.

Ni ubwa mbere Diamond Platnumz akoreye ikirori cya Baby shower umwe mu bakunzi be dore ko yabyaranye n’abandi bakobwa barimo Zari Hassan na Hamisa Mobetto ariko nta birori yabakoreye.

Muri ibi birori hagaragayemo udushya dutandukanye turimo imyambarire gusa uwitwa Vera Sidika w’umunyakenya niwe wavugishije benshi kubera imyambarire ye.

Mu mwambaro w’ikariso n’isutiye uyu mugore yageze aho abari aho baramureba cyane ari nako anifata amafoto ku itapi itukura.

Abari aho bose batangariye uyu mwenda yari yambaye dore ubusanzwe uyu mugore bivugwa ko ari inshuti ya Tanasha dore ko bose bafite inkomoko muri Kenya.

Ibitekerezo

  • Abakobwa benshi bakeka ko kwambara ubusa bibaha agaciro.Ntabwo bazi ko bigira opposite effect (effet inverse) kuko bituma abagabo babifuza kugirango baryamane.Ntabwo ari byiza kwanika ibibuno,amabere,ibibero,sex imana yaguhaye.Yabiguhaye kugirango uzabihe umuntu umwe gusa muzabana biciye mu mategeko.Abantu banga kumvira imana izabakura mu isi ku Munsi w’Imperuka.Bisome muli Imigani 2,imirongo ya 21,22.Impamvu imana yatinze kuzana imperuka,nuko ishaka ko abantu bose bahinduka,bakava mu byaha no gushaka ibyisi gusa,nkuko Petero wa 2,igice cya 3,umurongo wa 9 havuga.Ikibazo nuko abahinduka ari bake cyane.Abo nibo bazahembwa ubuzima bw’iteka muli paradizo.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa