VIDEO:Guma murugo yatangiye umugabo wanjye adahari! Ikiganiro cyihariye na Samanta wamamaye muri filimi nyarwanda
Yanditswe: Monday 27, Apr 2020
Ingabire Pascaline yamenyekanye nk’umukinnyi wa Filime hano mu Rwanda aho yakinnye muri Filime zitandukanye, Uyu ni umwe mubakinnyikazi ba filime bakunzwe nabatari bake dore ko muntangiriro ryuyu mwaka yitabiriye Amarushanwa ya Rwanda International Movies Award nkumwe mubatowe cyane nabafana.
Samanta ukunzwe nabatari bake muri filime nyarwanda
Muri ibi bihe turimo byo Kurwanya no gukumira ikwirakwira ryicyorezo cya COVID-19 byumwihariko tuguma Murugo, Uyu Samanta ntago byamuguye neza dore ko byatangajwe umugabo we atabarizwa mu Rwanda.
Mukiganiro kihariye yahaye DC TV RWANDA yatangaje ko kubera gahunda ’akazi, gahunda ya guma murugo yaje umugabo we yaragiye hanze.
Ati"nibyo koko twumvise iyi gahunda ya guma murugo yaragiye hanze, urumva rero ntakundi byari kugenda. nanubu kandi aracyariyo"
Samanta yakoze ubukwe mubirori bidasanzwe byabaye kuwa 15 Ukuboza 2019.
Nyuma ya guma murugo yatangaje ko ibikorwa ari byinshi nacyane ko bafite imishinga ya film y’uruhererekane bari batangiye gukoraho mbere yiyi gahunda.
IKIGANIRO KIHARI NA SAMANTA WAMAMAYE MURI FILIME NYARWANDA
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *