skol
fortebet

Wema Sepetu kuri ubu ngo ari mu byishimo n’imiterere y’umubiri we

Yanditswe: Thursday 27, Sep 2018

Sponsored Ad

skol

Wema Sepetu yatangaje ko kuri ubu ari mubyishimo n’imiterere ye nyuma yuko amaze kugabanukaho ibiro 20 nyuma yuko avuye mu Buhinde.

Sponsored Ad

Miss Tanzania 2006 akaba kandi umukinnyi ukomeye wa Filimi muri iki gihugu Wema Sepetu biravugwa ko yaba yaratakaje ibiro bigera kuri 20 byose ubwo yakoreraga urugendo mu gihugu cy’ubuhinde mu minsi ishize.

Wema Sepetu ubusanzwe ngo yari afite ibiro bigera kuri 80 byose ariko siko bikiri kugeza ubu kuko yamaze guta ibiro bigera kuri 20 nkuko Mange Kimambi uzwi mu kumenya amakuru y’ibyamamare cyane cyane muri Tanzania yabitangaje.

Kuri Mange we avuga ko uku kugabanuka ibiro by’uyu mukinnyi w’amafilimi byagabanutse abishaka kuko aribyo ngo byari byamujyanye muri iki gihugu.

Nyuma yibyo yaboneyeho gutangaza ko ari mu byishimo bikomeye nyuma yuko agabanutseho ibyo biro byose.

Ibitekerezo

  • Ni byiza kwishimira umubiri we.Ikibazo nuko yibagirwa ko yawuhawe n’imana,kandi ikamusaba "kutiyandarika".Aba ba Stars,usanga baragize ubusambanyi nk’itegeko.Ntabwo bashobora kubaho batabikora.Imana yaduhaye sex kugirango tuyihe umuntu umwe gusa tuzabana binyuze mu mategeko.Millions and millions z’abantu basambana,ntabwo bemera ko ari icyaha kizatuma batabona ubuzima bw’iteka muli paradizo dutegereje.Ntacyo bimaze kwishimisha akanya gato,hanyuma ukazabura ubuzima bw’iteka muli Paradizo kandi ntuzazuke ku Munsi w’Imperuka.Nukugira ibitekerezo bigufi cyane.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa