skol
fortebet

Wema Sepetu yatangaje ikintu atajya akorana na Diamond mu gihe bari kumwe

Yanditswe: Tuesday 13, Mar 2018

Sponsored Ad

skol

Wema Sepetu yatangaje ko atajya aryamana na Diamond ndetse ibyabo bagerageje kubihisha mu rwego rwo kutiteza rubanda.
Wema Sepetu yabaye Nyampinga wa Tanzania mu mwaka wa 2006. Ubwo yaganiraga n’ Itangazamakuru ku bibazo bitandukanye byamuvugwaho ko agiye kujya akora kuri televiziyo ya Diamond niba nacyo bimutwaye yavuze ko ntakibazo kirimo kandi ari akazi buri umwe yakwishimira.
Yagize ati “Kuba nzakorana na Diamond ntakibazo kirimo kuko ni akazi ikindi turi inshuti nziza gusa (...)

Sponsored Ad

Wema Sepetu yatangaje ko atajya aryamana na Diamond ndetse ibyabo bagerageje kubihisha mu rwego rwo kutiteza rubanda.

Wema Sepetu yabaye Nyampinga wa Tanzania mu mwaka wa 2006. Ubwo yaganiraga n’ Itangazamakuru ku bibazo bitandukanye byamuvugwaho ko agiye kujya akora kuri televiziyo ya Diamond niba nacyo bimutwaye yavuze ko ntakibazo kirimo kandi ari akazi buri umwe yakwishimira.

Yagize ati “Kuba nzakorana na Diamond ntakibazo kirimo kuko ni akazi ikindi turi inshuti nziza gusa ntituryamana.Twahisemo kubika amabanga yacu hagati yacu twembi,turakuze.”.

Ikinyamakuru Ghafla cyakomeje kivuga ko Wema yatangaje ibi nyuma y’uko ahawe akazi na Diamond ko gukora mu bitangazamakuru bya Wasafi ndetse benshi bagahamya ko aba bombi baba basigaye baryamana nyuma y’aho uyu muhanzi atandukaniye na Zari.

Gusa Wema yabinyomoje ashimangira ko kuri ubu we na Diamond ari inshuti nziza ngo kuva batandukana bahisemo kubika amabanga yabo hagati yabo.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa