Wema Sepetu biravugwa ko yatawe muri yombi ashinjwa gukorera uburiganya umuntu utatangajwe amazina ye.
Mu gihugu cya Tanzania haravugwa inkuru ko Umunyamidelikazi Wema Sepetu yatawe muri yombi n’ubuyobozi ashinjwa gukorera uburiganya umugabo utatangajwe amazina ye .
Amakuru akomeza avuga ko ibijyanye n’ifungwa rye bitaramenyekana neza kuko amakuru ahamye afitwe n’igipolisi ndetse n’umuryango we aho bivugwa ko Wema Sepetu yatwaye amafaranga mu buryo butemewe n’amategeko.
Mu bitangazamakuru byo muri Uganda byo byanditse bivuga ko umuryango w’uyu mukobwa udashobora kumuvuganira n’ubwo bamukuye mu rugo iwabo kwa nyina.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *