skol
fortebet

Ykee benda yakunze umukobwa kugera aho atagisinzira

Yanditswe: Tuesday 13, Mar 2018

Sponsored Ad

skol

Ykee Umuririmbyi wo muri Uganda, yamaze kubona umukobwa bakundana aho kuri ubu atagitora agatotsi kubera uburanga bwe.
Uyu muririmbyi Ykee benda afite ikibazo cy’ urukundo rukomeje kumutwara bidasanzwe bitewe nuko ari gukunda umukobwa mwiza ukiri kuzamuka mu muziki wo muri Uganda.
Aho ataniye n’uwari umukunzi we Julie Batenga nibwo yinjiye mu rukundo rusa nk’ urumutunguye ariko umuyobozi wa Mpaaka Records niwe wavumbuye ko Ykee yaba yasubiye mu rukundo nyuma yo kubona umwanya .
Uyu muhanzi (...)

Sponsored Ad

Ykee Umuririmbyi wo muri Uganda, yamaze kubona umukobwa bakundana aho kuri ubu atagitora agatotsi kubera uburanga bwe.

Uyu muririmbyi Ykee benda afite ikibazo cy’ urukundo rukomeje kumutwara bidasanzwe bitewe nuko ari gukunda umukobwa mwiza ukiri kuzamuka mu muziki wo muri Uganda.

Aho ataniye n’uwari umukunzi we Julie Batenga nibwo yinjiye mu rukundo rusa nk’ urumutunguye ariko umuyobozi wa Mpaaka Records niwe wavumbuye ko Ykee yaba yasubiye mu rukundo nyuma yo kubona umwanya .
Uyu muhanzi ari gukora uko ashoboye kose ngo yigarurire Yvonne agerageza kumubwira amagambo meza kandi atuje aryoheye amatwi .

Ni mugihe uyu muririmbyi bitari byemezwa neza niba azajya kwigaragaza mu kuririmba mu gikombe cy’isi kizabera mu Burusiya.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa