skol
fortebet

YKEE Benda yazamuye umukungugu mu bagore bibwiraga ko ari umwihariko kuri we

Yanditswe: Monday 09, Mar 2020

Sponsored Ad

skol

Umuhanzi Ykee Benda udatinya "Turn Up D ’Vibe" yakusanyirije abagore be bose munsi y’umutaka umwe kandi abifuriza umunsi mwiza w’abagore mugihe Uganda ku munsi w’ejo tariki 8 Werurwe yifatanyije n’isi kwizihiza abagore muri rusange.

Sponsored Ad

Uyu muhanzi ukiri ingaragu nta mugore wihariye mu buzima bwe kuva yatangaza ku mugaragaro ko yarekanye n’umukunzi we mama Julie Batenga aho yabitangaje abinyujije ku mbuga nkoranyambaga.

Ykee Benda yagiye ku rubuga rwe rwa Twitter ashyiraho tweet yazamuye umukungugu mu bagore bibwiraga ko ari umwihariko kuri we kuko badashobora kumenya neza uwo yashakaga kuvuga.

Yashyizeho ifoto ye amwenyura ati: "Umunsi mwiza w’abagore ku bagore bose mu buzima bwanjye .... URI UMUNYAMAHIRWE CYANE KUNGIRA!"

Umunsi mpuzamahanga w’abagore wizihizwa ku ya 8 Werurwe buri mwaka. Nibintu byibandwaho mu guharanira uburenganzira bwumugore.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa