skol
fortebet

Zari yatangaje ubuhemu adashobora gukorera Diamond kubera abana babyaranye

Yanditswe: Saturday 19, May 2018

Sponsored Ad

skol

Zari yavuze ko adashobora kujyana Diamond mu nkiko kubera kutita ku bana babyaranye ndetse ko adashobora no kumwaka indezo.

Sponsored Ad

Zari Hassan wahoze ari umugore wa Diamond banabyaranye abana babiri yatangaje ko atazajyana umugabo we mu nkiko kubera kutamufasha kurera urubyaro rwabo .

Nk’uko ikinyamakuru Ghafla gikorera muri Tanzania cyabitangaje cyavuze ko impamvu uyu mugore atazigera arega Diamond kutamufasha ni uko ngo afite ubushobozi bwo kubarera wenyine ntabundi bufasha buturutse kuruhande yakenera

Zari atangaje ibi nyuma y’aho mu minsi ishize yigeze kuvuga ko Diamond ameze nk’umubyeyi wapfuye, byari biturutse ku kuba Diamond na Zari ngo baratandukanye, Diamond atarasura abana be cyangwa ngo anabavugishe ku murongo wa telefone.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa