skol
fortebet

Zodwa uzwiho kutambara ikariso yagize icyo yibwirira abanya Zambia bamuhaye akato

Yanditswe: Tuesday 13, Mar 2018

Sponsored Ad

skol

Zodwa Wabantu wamaganiwe kure n’ leta ya Zambia kubera kuza atambaye ikariso aho yababwiye ko batari bakwiye kumwirukana mu gihugu kubera ko mbere yo kuza yari yarabibateguje nubwo banze kubyumva.
Mu cyumweru gishize nibwo umuhanzi wo muri Afurika yepfo uzwi ku kabyiniro ka Zodwa Wabantu ufite agashya ko kuririmbira imbaga y’ abantu atambaye ikariso ,yabwiye abari bateguye igitaramo yari kuzaririmbamo muri Zambia ko batari bakwiye kumwicira umwanya kubera ko yababwiye mbere yuko azaza (...)

Sponsored Ad

Zodwa Wabantu wamaganiwe kure n’ leta ya Zambia kubera kuza atambaye ikariso aho yababwiye ko batari bakwiye kumwirukana mu gihugu kubera ko mbere yo kuza yari yarabibateguje nubwo banze kubyumva.

Mu cyumweru gishize nibwo umuhanzi wo muri Afurika yepfo uzwi ku kabyiniro ka Zodwa Wabantu ufite agashya ko kuririmbira imbaga y’ abantu atambaye ikariso ,yabwiye abari bateguye igitaramo yari kuzaririmbamo muri Zambia ko batari bakwiye kumwicira umwanya kubera ko yababwiye mbere yuko azaza atambaye ikariso nubwo banze kubyumva.

Yagize ati “ nabwo mwari mukwiye kunsubiza iwacu munyangiriza umwanya kubera ko mbere yuko nza nari nababwiye ko najya ntambara ikariso nubwo mutigeze mubyumva.

Mubuzima busanzwe Zodwa Wabantu akunze kuririmba yambaye imyambaro idasanzwe mu gihe amakuru aturuka iwabo muri afurika yepfo avugako ubusanzwe uyu muhanzikazi yambara ikariso mu gihe yagiye kuri koga gusa mu gihe mu bitaramo akora byose aririmba atambaye ikariso.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa