skol
fortebet

Zodwa wabantu yahaye uburenganzira abasore baramukorakora hose no mu myanya ye y’ibanga bibabaza abagore bagenzi be[AMAFOTO]

Yanditswe: Monday 26, Aug 2019

Sponsored Ad

skol

Umubyinnyikazi Zodwa Wabantu wamamaye cyane mu bitangazamakuru no ku mbuga nkoranyambaga kubera imibyinire ye idasanzwe akunze kugaragaza yiyambika ubusa,yakorakowe n’abasore bibabaza abagore bagenzi be.

Sponsored Ad

Uyu mukobwa yakoze ku mitima y’abagore bagenzi be, nyuma y’amashusho akomeje gusakara ku mbuga nkoranyambaga agaragara abyina abasore bamukorakora ku kibuno no mu myanya ye y’ibanga, bavuga ko bidakwiye ku mwari nk’uyu umaze kugira izina rikomeye.

Uyu mukobwa yabyinaga yambaye nk’uko asanzwe yiyambika ariko asa nukenyeye agatambaro kumukara gatwikiye akenda k’imbere, urubyiruko rw’abasore bari bitabiriye iki gitaramo bagendaga bagakuraho bakamukorakora ku kibuno hose no mu myanya ye y’ibanga.

Bamwe mu babonye aya mashusho banenze cyane uyu mukobwa, bavuga ko imyitwarire ye ku rubyiniro atari myiza ndetse ko ntacyo imariye urubyiruko rukeneye gutera imbere.

Ni mugihe hakunze kumvikana amajwi amunenga kukuba akunda kwiyambika ubusa imbere y’imbaga, ariko we ibi ntabikozwa kuko avuga ko ari byo bimutunze.

Mu bagize icyo bavuga kuri aya mashusho, bamwe bavugaga ko abashinzwe umutekano mu bitaramo bakwiye guhagurukira ibikorwa nk’ibi kuko bigaragara ko abafana bahohoteye uyu mukobwa ubwo uyari ku rubyiniro.

Ubwo uyu mukobwa yakorakorwaga n’abasore, ntakintu nakimwe yigeze akora kigaragaza ko atabikeneye kuko we yarushagaho kubiyegereza kugira bamukoreho neza.

Ibitekerezo

  • Mubyukuri ibyo ntibikwiye kandi ukwitesha agaciro
    Niyisubireho

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa