Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Nduhungirehe Olivier,usanzwe ari umufana ukomeye wa Mukura VS , yagaragaje agahinda yatewe no kuba iyi kipe afana yamutengushye igatsindwa na Rayon Sports ibitego 5-1.
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Nduhungirehe Olivier,usanzwe ari umufana ukomeye wa Mukura VS , yagaragaje agahinda yatewe no kuba iyi kipe afana yamutengushye...
Ikipe ya Rayon Sports yakoze ibyo benshi batakekaga ku mukino w’umunsi wa 14 wa shampiyona kuko yanyagiye Mukura VS ibitego 5-1 imbere y’abakunzi ba ruhago bari bateraniye kuri stade ya Kigali I...
Umutoza wa APR FC, Umunya-Maroc Adil Erradi Mohamed, yavuze ko ashobora gukina umukino wa Rayon Sports uzaba ku wa Gatandatu utaha, adafite abakinnyi babiri agenderaho, Manzi Thierry na Niyonzima...
Umunyarwandakazi Miss Nimwiza Meghan witabiriye irushanwa ry’ubwiza rya Miss World 2019, ntiyabashije kwegukana iri Kamba nyuma y’uko ku munsi w’ejo kuwa Gatandatu taliki ya 14 Ukuboza 2019, aribwo...
Kimwe mu binyamakuru byandikira kuri Interineti giherutse kwandika inkuru ivuga ko kiri gutabariza Rayon Sports kuko umuyobozi wayo Munyakazi Sadate ashaka kugurisha abakinnyi bayo yarangiza...
Umutoza wa Liverpool,Jurgen Klopp yavuze ko ari mu gahinda gakomeye yatewe na Video assistant referee [VAR] ko kuba atakibasha kwishimira igitego cy’iyi kipe ye iri mu bihe...
Umunya Jamaica Toni-Ann Singh niwe wegukanye ikamba rya Miss World 2019 ahigitse bagenzi be bari bamaze iminsi bahatana mu mujyi wa London mu Bwongereza hanabereye ibirori bya...
Ikipe ya APR FC yashimangiye umwanya wa mbere muri shampiyona y’u Rwanda nyuma yo kugorwa bikomeye na Heroes FC itahabwaga amahirwe mu mukino w’umunsi wa 14 yayitsinzemo igitego...