skol
fortebet

Diamond yaretse gukurikira Tanasha kuri Instagram bivugisha benshi

Yanditswe: Monday 02, Dec 2019

Sponsored Ad

skol

Igikorwa cy’umuhanzi Diamond Platnumz areka gukurikira umugore we kuri instagram mu gihe bagakwiye kuba bari mu buryohe byatumye abakunzi be batabyakira neza babiha inyito y’amakuba muri paradizo.

Sponsored Ad

Ntabwo byakiriwe neza n’abafana b’umuziki wa Diamond Platnumz nyuma yo kureka kuba umwe mu bakurikira umugore we waherukaga kumubyarira umwana wa kane Junior Naseeb mu gihe ibirori bari bamaze iminsi bakoreye iyi mfura ya Tanasha Donna byari byizewe ko byazana umwuka mubi hagati y’uyu muryango.

Diamond Platnumz ateje iyi midugarararo mu bafana mu gihe umwana wabo yaherukaga kuzuza iminsi mirongo ine amaze avutse ndetse na nyina wa Dimond Platnumz yaherukaga kwimukira aho umukazana we aba kugirango abashe kwita ku mwuzukuru we Naseeb Junior.

Ibitekerezo

  • Nyine ubwo atangiye kumuhararuka nkuko byagenze kuli ZARI.Abakobwa mujye mwitondera biriya byateye muvuga ngo "muli mu rukundo" n’abahungu.Abenshi si urukundo rubagenza,ahubwo baba bashaka ko muryamana.Iyo birangiye,barabata.Ingero ni nyinshi cyane uhereye mu Rwanda.Uyu Diamond,abakobwa n’abagore yaryamanye nabo akabata ni benshi.Hari ba Zari,Mobeto,etc...n’abandi benshi.Ikirenze ibyo,bibabaza Imana itubuza gusambana.Ababikora bose,nubwo ari millions and millions, izabahanisha kubima paradizo.Bisobanura ko gusuzugura Imana ukora ibyo itubuza ni ukutagira ubwenge nyakuri (wisdom).Ntacyo bimaze kwishimisha ukora icyaha,hanyuma ukazabura ubuzima bw’iteka.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa