skol
fortebet

Rutahizamu Clinton N’Jie uherutse gutungurana ashyira ku karubanda amashusho ari gutera akabariro yatangaje impamvu yabimuteye

Yanditswe: Wednesday 31, Jul 2019

Sponsored Ad

Umunya Cameroon Clinton N’Jie uherutse guca ibintu mu binyamakuru no ku mbuga nkoranyambaga ubwo yifataga amashusho ari gusambanya umukobwa Live,yavuze ko yabitewe n’uko yari yasinze cyane.

Sponsored Ad

Amashusho ya Clinton N’Jie ari gusambana yakwirakwijwe hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga byatumye benshi barimo na bamwe mu bakinnyi b’umupira w’amaguru bamwibasira.

Uyu mukinnyi wakiniye Tottenham na Marseille,yavuze ko yibeshye akanda ahantu hadakwiriye kuri telefoni ye bitewe n’uko yari yasinze ashyira hanze amashusho ari gusambanya umugore yari yatahanye.

Nyuma yo gukora amahano, Clinton N’Jie yavuze ko yarimo kwishimira ko yabonye amasezerano mashya,aranywa arasinda niko kwibeshya yerekana amashusho ari gukora imibonano mpuzabitsina n’umukobwa bari kumwe atabizi.

Yagize ati “Mumbabarire nari nanyoye cyane.Nari nasinye amasezerano mashya nshaka gusoma amakuru mu binyamakuru.Nakanze ahantu [button] hadakwiriye.”

N’jie w’imyaka 25 wamaze kwerekeza mu ikipe ya Dynamo Moscow mu Burusiya,yatangarije Orange.fr ko yifashe amashusho ari gutera akabariro imbonankubone [live] ubwo yashakaga kuri google amakuru amwerekeyeho.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa