skol
fortebet

Itariki y’ubukwe bwa Lionel Messi yamenyekanye

Yanditswe: Thursday 15, Dec 2016

Sponsored Ad

Umukinnyi mpuzamahanga wa Argentine na FC Barcelona, Lionel Messi agiye gukora ubukwe n’inshuti ye yo mu bwana, Antonella Roccuzo mu mpeshyi y’umwaka utaha.
Nk’uko ikinyamakuru The Mirror kibitangaza, kivuga ko mubyara w’uyu mukobwa akaba akaba anakina umupira w’amaguru, ndetse akaba n’inshuti ikomeye cyane ya Lionel Messi niwe wibiye iri banga mushuti we w’umunyamakuru Juan Pablo nawe yikanga yarimeneye mu kiganiro kuri radio kuri uyu wagatau isi yose iba ibimenye ityo.
Ubu bukwe biteganyijwe (...)

Sponsored Ad

Umukinnyi mpuzamahanga wa Argentine na FC Barcelona, Lionel Messi agiye gukora ubukwe n’inshuti ye yo mu bwana, Antonella Roccuzo mu mpeshyi y’umwaka utaha.

Nk’uko ikinyamakuru The Mirror kibitangaza, kivuga ko mubyara w’uyu mukobwa akaba akaba anakina umupira w’amaguru, ndetse akaba n’inshuti ikomeye cyane ya Lionel Messi niwe wibiye iri banga mushuti we w’umunyamakuru Juan Pablo nawe yikanga yarimeneye mu kiganiro kuri radio kuri uyu wagatau isi yose iba ibimenye ityo.

Ubu bukwe biteganyijwe ko buzabera mu mujyi wa Rosario hariya muri Argentine, aho Messi na Antonella bahuriye bwa mbere bakiri abana.

Ubu bukwe kandi uretse kuba bizwi ko buzaba hagati mu mwaka wa 2017, itariki yabwo ntiramenyekana, gusa biravugwa cyane ko bushobora kuzaba ku munsi w’amavuko wa Messi, ariwo tariki ya 24 Kamena.

Ntago bari nyir’ubwite baragira icyo babitangazaho, nubwo bamenyanye kera batangiye guteretana kumugaragaro mu mwaka wa 2008, ndetse bakaba bafitanye n’abana 2 aribo Thiago Messi w’imyaka 4 na Mateo w’umwaka umwe.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa