skol
fortebet

Umunyarwandakazi yahawe igihembo gihabwa ibyamamare ku isi

Yanditswe: Saturday 18, Nov 2023

featured-image

Sponsored Ad

Umubyinnyi mpuzamahanga w’umunya-Rwanda, Sherrie Silver, ari mu bashyikirijwe igihembo n’ikinyamakuru cyo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, TIME Magazine kubera uruhare bagize mu kuzana impinduka ku Mugabane wa Afurika.

Sponsored Ad

Abahawe ibi bihembo barimo Ellen Johnson Sirleaf wabaye Perezida wa Liberia na Fred Swaniker, umunyemari ukomoka muri Ghana.

Umuhango wo gutanga ibi bihembo byiswe ‘TIME 100 Impact Awards Africa’ wabereye muri Kigali Convention Centre mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki 17 Ugushyingo mu 2023.

Sherrie Silver ashimirwa ibikorwa yakoze abinyujije mu muryango Sherrie Silver foundation.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa