skol
fortebet

Diamond Platnumz yishumbushije ikizungerezi gifite uburanga buhebuje [Amafoto]

Yanditswe: Monday 16, Mar 2020

Sponsored Ad

Umuhanzi ukunzwe cyane muri aka karere Diamond Platnumz yagaragaye ari mu munnyenga w’urukundo n’umukobwa w’uburanga witwa Malaika Salatis wagaragaye mu mashusho y’indirimbo ye yitwa “Jeje”.

Sponsored Ad

Nyuma yo gutandukana na Tanasha Donna bari bamaze igihe bakundana,biravugwa ko uyu muhanzi uhagaze neza muri muzika yishumbushije uyu Malaika wavugishije benshi kubera uburanga budasanzwe yibitseho.

Aya mafoto ya Diamond n’uyu mukobwa yafotowe hafatwa amashusho y’indirimbo Jeje ariko ntiyashyizwe muri videwo yayo.

S’ubwa mbere Diamond avuzwe mu rukundo n’inkumi yakoresheje mu mashusho y’indirimbo ye kuko muri 2016 yakanyujijeho na Hamisa Mobetto yakoresheje mu mashusho y’indirimbo ’Salome’ nyuma baza no kubyarana umwana.







Ibitekerezo

  • Ariko Mana Diamond kwishimisha kwawe gushobora kuzarangira ushonga.

    Ariko Mana Diamond kwishimisha kwawe gushobora kuzarangira ushonga.

    Ariko Mana Diamond kwishimisha kwawe gushobora kuzarangira ushonga.

    Ariko Mana Diamond kwishimisha kwawe gushobora kuzarangira ushonga.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa