None ku wa gatatu, Angela Merkel arava ku butegetsi yari amazeho imyaka 16 nka Chancellor w’Ubudage, mu rugendo rwa politiki rwamugejeje ku mwanya wo hejuru mu Budage yatangiye mu myaka irenga 30...
Umugabo muremure kurusha abandi ku isi yagiye i Moscow gushaka umugore yifuza ko yazamukunda ubuziraherezo cyane ko ngo akunda Abarusiyakazi.
Sultan Kosen, ukomoka muri Turukiya, ari mu gitabo...
Abasirikare barindwi nibo bamaze kwitaba Imana mu gihe kingana n’icyumweru ubwo barimu myitozo ya gikomando nkuko bisanzwe byitwa mu gisirikare.
Iyi myitozo ya gikomando iri kubera ku murwa...
Kuri uyu wa mbere indege y’intambara yashwanyukiye mu gace gatuwe ko mu mugi wa Tabriz mu majyaruguru y’uburengerazuba bwa Iran ihitana abantu batatu!Iperereza rikaba ryatangiye ngo hamenyekane...
Byamaze kwemeza n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku mugabane w’i Burayi ko umukino wa nyuma wa Champions League utzabera I Saint-Peterburg nkuko byari byemejwe ahubwo uzakinirwa I Paris ku kibuga...
Umurusiya Roman Abramovich yemeje ko agiye kugurisha Chelsea FC nyuma y’imyaka 19 ayiguze,akayihindura Ikipe ikomeye cyane.
Mu itangazo yashyize hanze,Roman yavuze ko yafashe icyemezo cyo...
Umuherwe ufite ikirombe cy’amabuye y’agaciro muri Ghana yashyize ahagaragara gahunda ye yo kugura Chelsea - hanyuma agahita asinyisha Cristiano Ronaldo na Lionel Messi.
Bernard Antwi Boasiako...
Leta ya Amerika ivuga ko Korea ya Ruguru iherutse kugerageza uburyo bushya bwo kurasa misile zambukiranya imigabane, mu byo bise "guhembera intambara gukomeye".
Pyongyang yo ivuga ko tariki 26...
Ingaruka z’ibihano byafatiwe ikipe ya Chelsea kubera nyirayo Roman Abramovich zatangiye kugaragara kuko ku wa gatandatu iyi kipe itazashobora gutega indege iyijyana kwa Middlesbrough n’iyigarura i...
Abaturage banyuranye batewe impungenge n’izamuka rikabije ry’ibiciro bya gaz n’amakara.
RBA ivuga ko benshi bemeje ko kuri ubu ibilo 12 bya gaz bari basanzwe bagura ku mafaranga ibihumbi 15,200...
Leta ya Nigeria yatangaje ko kuri uyu wa Kabiri abantu bakora igice cy’umunsi ubundi bakajya kureba umukino ubahuza na Ghana mu gushaka itike y’igikombe cy’isi cya 2022 kizabera muri Qatar mu...
Umuyobozi mukuru w’ubutasi bwa gisirikare bw’Ubufaransa Jenerali Eric Vidaud yiguwe ku mirimo ye, nyuma yo kutabasha gutahura mbere ko u Burusiya bugiye gutera...
Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda Paul Kagame na Minisitiri w’intebe w’UBwongereza Boris Johnson , bagiranye ikiganiro kuri terefoni , bagaruka ku masezerano y’ubufatanye yo kwakira abimukira mu...
Ikipe ya Chelsea yatangaje ko itsinda riyobowe na Todd Boehly, Clearlake Capital, Mark Walter na Hansjoerg Wyss bamaze kumvikana kuyigura kuri miliyari 2.5 z’amapawundi.
Mu itangazo iyi kipe...
Perezida wa Senegal, Macky Sall kuri uyu wa kabiri yatangaje ko agiye guha amafaranga imiryango y’abanyagihugu biwe babarirwa mu cyakabiri cya miliyoni.
Minisitiri w’intebe w’igihugu cya Finlande, Sanna Marin, yatangarije ikinyamakuru cyo mu Butaliyani mu kiganiro cyasohotse ku wa kane ubwo yasuraga i Roma, mu ihuriro ry’umuryango w’abibumbye ko...
Ibiciro ku masoko mu Rwanda no mu karere bikomeje kuzamuka umunsi ku wundi ,arinako bikomeza kugora umuguzi usanzwe kutoroherwa n’ubuzima kubera umushahara utajyanye n’igihe no kubura akazi kuri...
Uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump yasabye abadepite b’iki gihugu kwita ku gushyira amafaranga mu gucunga umutekano w’amashuri aho kuyashora mu guha imfashanyo ya...
Banki y’isi yavuze ko Afurika y’uburasirazuba n’ibice bimwe by’Uburayi ari byo byugarijwe mu buryo bw’umwihariko n’ikiguzi cy’imibereho cya mbere kiri hejuru.