Print

Inama ku bagabo bashaka kunyaza bikanga n’uburyo wanyaza neza

Yanditwe na: 2 December 2016 Yasuwe: 137758

Iyi ni inkuru idasanzwe dukoze twifashishije abantu b’ingeri zitandukanye tubitewe n’abantu benshi bamaze igihe kinini batwandikira bamwe batubaza niba koko kunyaza cyangwa kunyara bibaho,n’ uburyo abagabo bashobora kubikora nabi bikaba ari bimwe mu bituma abagore babo batanyara. Bamwe bati: ” Kunyara bivugwa mu mibonano mpuzabitsina hari aho bihurira no kunyara inkari zisanzwe? ” Abandi bati: ” ese niba ari byiza bakora iki ngo bibabeho? “

Ubundi Umugabo unyaza yirinda ko igitsina cye kigwa,ndetse akamenya neza igihe umugore we arangiriza kuko bifasha kumenya na we ukuntu ari bugenzure umuvuduko we ndetse akaza no kumenya niba agiye kurangiza mbere y’umugore bityo akaba yashaka uburyo aba akuyemo igitsina cye gahoro gahoro agasa n’ukorera inyuma mu rwego rwo kwirinda ko yahita arangiza vuba.

Mu gihe cyo gukora imibonano mpuzabitsina hajya habaho kunyara, kunyara biba ku ruhande rw’umugore cyangwa umukobwa igihe asohora amavangingo ashyushye aturutse mu myanya myibarukiro ye bitewe n’uburyohe budasanzwe aba atewe n’uwo bakorana imibonano mpuzabitsina.

Ibi umugabo akaba abigiramo uruhare rukomeye ndetse abagabo bakaba bagomba kumenya neza uburyo bakwitwara muri iki gikorwa n’icyo bakora kugirango abagore babo bazane aya mavangingo.

Byumvikane rero ko kunyara mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina bitandukanye no kunyara inkari zisanzwe ko ahubwo ari uburyohe buba bwinshi umugore aba ahawe n’umugabo bugatuma umukobwa cyangwa umugore asohora amavangingo bikanatuma ububobere mu gitsina cye burushaho kwiyongera.

Kunyara rero bikorwa bite ? Inzobere y’ umudogiteri Moussa Guiro avuga ko kugira ngo kunyara bibeho, bigomba gutegurwa mbere yo gukora imibonano mpuzabitsina ndetse no mu gihe muri kuyikora. Uko bitegurwa rero nuko mbere y’uko mutangira gukora imibonano mpuzabitsina, mugomba kubanza mukabitekerezaho, mukabyishimira,ukishimira uwo mugiye kuyikorana.

Uyu mu dogiteri kandi abuza abagabo guhita bafata igitsina cyabo ngo bahite bagishyira mu cy’abagore, ko ahubwo hagomba kubanza umwe agakora ku wundi buhoro buhoro amushimashimaho gake gake ari nako ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina bugenda bwiyongera,mugasomana bikageraho mutangira gukora imibonano mpuzabitsina.

Mu gihe cyo gukora imibonano mpuzabitsina, ntabwo umugabo yinjiza igitsina cye cyose mu cy’umugore ahubwo akigarukiriza ahagana hanze akajya agikoza kuri rugongo (clitoris) buhoro buhoro azamura akongera akamanura ,icyo gikorwa uko gikomeza kugenda ni nako ububobere ku mugore bwiyongera bigatuma umugabo aryoherwa cyane, bityo n’umugore akarushaho kuryoherwa agatangira kurekura amavangingo ashyushye cyane aricyo twise kunyara.

Umugabo kandi unyaza bikanga agomba gusaba umugore we kumufasha muri iki gikorwa akamufata ku bice by’umubiri bitandukanye bifasha umugabo kumva uburyohe,urugero nko mu irugu, mu gituza ndetse no mu mugongo. Ibi bice umugore agomba kubifatira umugabo we mu gihe bari muri iki gikorwa kuko bifasha umugabo kunyaza neza.

Ni byiza rero ko umugabo amenya ndetse akaniga uburyo anyaza umugore we; ibi bikajyana no kugenzura umuvuduko akoresha; yakumva agiye kurangiza agakoresha uburyo aba aretseho gato kugirango abashe gufasha umugore we baze kurangiriza rimwe.


Comments

29 August 2023

Kuranjyiza vuba kumugabo bitegwa nicyi


igihozo ayvan 9 February 2023

Nigute narongorumukobwa akarira


28 January 2023

Ese umugabo utagira inguvu yafatiki (Imfunguro cangwa imiti) ngwanyaze?


phiona +256771975539 12 January 2023

Kunyara koko bibahondabyemera ariko unsanga kuri videos bashyiraho amakabyankuru ugasanga umugore bari kunyaza akarekura nka 5liters mu kirere zamazi ibyobintu mubivugaho iki?


Ed 15 November 2022

Kunyara se ni itegeko?numva nta mugore utanyara Bose birakunda keretse uwo bitarimo


11 October 2022

NONESE NTAMUGORE UTANYARA


Hakizimana Jean Paul 20 April 2022

Nukuri muratwigisha bikagenda neza ubutasha muzatubwire niba hari umugore utagira amavangingo murakoze


prote jene 20 March 2022

Nibyizwcyane akenshi iyo binaniranye niyo mpamvu, benshi bigirahanze. Kandi ari ubumenyi buke.


samuel 19 November 2021

Ese abagore Bose barangazwa?


ndihokubwayo Eriya 15 April 2021

nkuko mubitubwiye tubonye bigoye kandi turabikeneye cyane ko mutwigisha kuko abenchi murubyiruko ntitubizi ahubwo dukunda kwicyinisha mutubwire niba haringaruka yokwicyinisha murakoze


18 March 2021

Nnneko ndangiza vuba inama nizihe?


18 March 2021

Nnneko ndangiza vuba inama nizihe?


18 March 2021

Nnneko ndangiza vuba inama nizihe?


nitwa kodi anisa 6 February 2021

Ngira ikibazo cyo gutinda gushyukwa birangora


[email protected] 26 July 2020

Ndagisha inama ,umugabo wanjye ambwira ko ankunda ariko namufashe anca inyuma ,nkore iki


damour 13 June 2020

Murahoneza:::mumfashe ese hariho umugore cyangwa umukobwa utagira rugogo ????ese yashobora kunyara???mumfashe rwose


Iradukundashadadi 8 April 2020

exekoiyongiyekurongora ndangizavuba nanumunotamara wafasha ukazasobanurira


mugisha seth 2 April 2020

nigut wava kunjyeso yokwikinisha


2 March 2020

ngewe narinzikobiterwa nokuba ataraciye imyeyo


27 November 2019

Nonese umugabo uragiza Vuba mwamugira iyihe nama?


27 November 2019

Nonese umugabo uragiza Vuba mwamugira iyihe nama?


16 November 2019

Jew nobasab nimer ya watsapp gusa


23 October 2019

nonese ubwo umugabo arangiza vuba, umufore ntiyanyara


6 October 2019

murakoze kunama mutugira ikibazo mfite umugore anyara mbere yokurangiza cg anyara yarangije


22 September 2019

IGITEKEREZO NUKO IZI NYIGISHO MWANYA MUMANUKA MUKAJYA NO KUZIGISA ABAGABO N’ABAGORE BO MU CYARO KUKO NTA ENTERNET BAFITE


maurce 21 September 2019

murakoze kunamanziza mutugiriye arikose ryariumugore arangiza ubibwirwaniki?


Habarugira Fabrice 2 September 2019

Igitekerezo Canje Nkomugihe Umuhungu Abafise Imboro Ngufi Bigendagute?Arashobora Gukora Imibonano Mpuzabitsina?


2 September 2019

Igitekerezo Canje Nkomugihe Umuhungu Abafise Imboro Ngufi Bigendagute?Arashobora Gukora Imibonano Mpuzabitsina?


4 August 2019

nn mugihe umugabo anyaje umugor wew niho urukundorwiyoger kumpand zos?


Niyomuremyi samuel 4 August 2019

Umugore kugirango anyare ugomba gukora iki?


14 July 2019

Inama muduha ninziza kbs ndashaka umukobwa ufite 1cm55 ufite imyaka 22


10 July 2019

Umenya Gute Se Kumugore Arangije?


7 July 2019

umugore cyangwa umukobwa anyara muhuye munzira nihe kimenyetso kibikwereka ko anyara


13 February 2019

ndumkobwa ndifuza umugobo utarimunsi 35ans afite m1mm70


[email protected] 2 September 2018

Izo nama nizo, abakobwa namenye benshi baranyaye mbaswera. Abazungu nibo babikora kenshi!


ni emmy 6 April 2018

kbs ubwoburyobwokunyaza nibwiza cyane burimugaboweseyakagombye kubumenyaneza kugirango ajye aryohereza umugorewe,


NTUMVA TWASWERA TUNYAZA KUNTEBE 5 April 2018

UWIMANA BRUCE


niyobaptiser 1 April 2018

ibi biganiro muduha biradufasha cyane kbx murakoze.


8 November 2017

None Se Umenya Gute Ko Umukobwa Agiye Kurangiza?


Murwanashyaka Elie 4 November 2017

Ese umugore umunyaje utarinjiza igitsina mucye hari ikibazo bitera?


Lucky Anastase Nkurunziza 4 November 2017

Murakoze cyane kumpuguro zanyu kandi zigira umumaro


nifelx 17 October 2017

NDIFUZA UMUKOBWA WIMYAKA 20_22 YABA AFITE AKAZI CYANGWA ATAGAFITE MUREMURE FITE 55cm unanutse ATARICYANE 0735533986


Kunyaza nibyiza kandi biraryoha cyan 13 October 2017

The punishr


PASCAL 9 October 2017

NDIFUZA UMUKOBWA UFITE 22_28ans1m55_1m60afite akaz akriko kose njye mfite26ans1m55TEL:0786773315,0728380257,0736036741


emi 15 July 2017

ndabichakakynyaza0725710340