Ubundi ahanini nk’uko ubushakashatsi bwagiye bubyerekana ,ngo usanga izina ry’umuntu ari ryo rimusobanura ,kuko ngo iyo urebye imwe mu myitwarire iranga uwo muntu iba ihuye n’ubusobanuro bw’iryo zina. Bityo nk’uko abakunzi b’umuryango.rw bakomeje kudusaba ko twazajya tubabwira imico iranga abantu dukurikije amazina yabo, iyi niyo mico twabahitiyemo kubasobanurira iranga bamwe mu bantu bitwa aya mazina akurikira.
Joseph,
Akunze kuba ari umunyakuri,umunyamigisha,ari inyenyeri y’abandi ndetse rimwe na rimwe aba ari umuvumbuzi,arangwa n’ibitekerezo byubaka ikindi kandi akaba ari umunyamurava,afite impano yo kuyobora ahanini akamenya no gukemura ibibazo,kandi akaba ari wa muntu utahangayikishwa nuko atarangije ibyo yatangiye ahubwo akabiharira abandi,akorana umurava mu kazi ke ndetse aba yizerera mu mategeko.
Louise,
Louise ni wa muntu ugira Ubuntu ariko ubwo buntu bwe akabugira ku muntu uzamwishyura,ahorana Morale,arasabana kandi akaba ari n’umunyabwenge,ikindi ahora ashaka ubwiza kandi akaba ari wa muntu ukora ikintu aruko yabanje kugitekerezaho,aba yumva yayobora abandi,ni umukozi mwiza kandi akaba ari wa muntu ugira umutima ukomeye,aba yumva yakora ibitandukanye niby’abandi,kandi akikundira Politiki,n’ubuhinzi.
Theogene,
Yishimira kuba yayoborera buri wese mu bubasha bwe,agakora icyo we ashimye abandi batashimye,kandi iyo bimushobokeye buriya ngo agira ibitekerezo byiza,arangwa n’amarangamutima mubyo akora byose,agira impuhwe,ni wa muntu utekereza yewe ni nawe muntu ushobora kubitsa ibanga nta rimene,akunda gutenga amatwi cyane ndetse akunda ibirori kandi na none akunda kwiyoberanya.
Ornella,
Ni wa muntu wihangana kandi ugira n’umutima ukomeye,iyo urebye ngo aba ari umunyeshuli mwiza wakira ubumenyi mu buryo bworoshye kandi akanabukoresha neza,ashobora kuba ari umwere cyangwa umunyabyaha,akunze kurwana n’ibibazo bye bucece ntawe abibwiye,ahora we yumva yahora mu mutuzo,akunze na none kwishimisha mu buzima,mu rukundo,gutembera kandi ibyo yiyemeje aruhuka aruko abirangije atitaye ku ngaruka mbi ari bugiriremo,akunze kuba ari wa muntu uvugisha ukuri ndetse wubahiriza na gahunda.
Desire,
Desire aba ari umunyembaraga mu buryo bwose,akunze kuba ari umushoramari ndetse aba ari n’umukozi mwiza,haba mu mitekerereze ndetse no mu bikorwa ikindi akunze gufata imyanzuro neza atagize uwo abangamira,bitewe n’imiterere ye ,ituma abona umwanya mwiza mu kazi akora,ikindi ni wa muntu unjya wikaruma rimwe na rimwe,arangwa n’ikinyabupfura ndetse n’ibitekerezo byubaka,Iyo afite inzu ye atuje akunda umuryango we wose ndetse akanawitaho,akaba ari n’umuyobozi mwiza w’urugo ugendera ku murongo,ikintu kiba mu mutima we ni ubutabera ndetse n’ukuri.
Agnes,
Umunyembara uhambaye kandi wihagararaho,Agnes ntabwo aba ari umwubatsi gusa ahubwo aba azi no guhiga agahigura,aba yumva abantu bose bagendera kubyo we ashaka cyangwa ku bitekerezo bye,aba ashaka ko nta muntu wa mugenga ahubwo we akigenga,akunda ubushakashatsi,aba ari wa muntu uzi icyo ashaka kandi n’impamvu agishaka,iteka ahora ategereje igihe yazabonera amahirwe maze agakora imirimo ye ntawe umutegeka akora buri kimwe mu nzira ze.
Eric,
Ni wa muntu mushobora kwemeranya ikintu ariko mu minota micye ukabona arahindutse,ibintu akora byose ntabwo biba bigenda nkuko abishaka,akunda kwidangadura,we ubwisanzure nibwo aba ashyira imbere,Eric ntabwo anjya abona umwanya wo kuruhuka kuko ahora ahugiye mu bintu bitandukanye,ahinduka vuba,ni wa muntu uba afite igikundiro,ikindi kandi Eric ahora ashaka ikintu yakora kugira ngo ayobore abandi,Agira impano yo kwishakishiriza icyerekezo cye ndetse no kuzagera kucyo yifuje mu buzima.
Esther,
Esther nawe ni wa muntu mwumvikana ku kintu ariko mwatandukana gato mwakongera guhura ugasanga yahinduye ibitekerezo,mbese muri make arahindagurika,ahanini nibyo akora usanga bigoramye,akunze kwidangadura,nawe yikundira ubwisanzure nka Eric,gusa we akaba ari wa muntu uhorana Morale ndetse akunze kuba afite n’igikundiro,akunze gutembera kandi ni wa muntu ushima,yikundira kuvuga cyane,umuhaye igihano wamwicisha irungu.
Richard,
Richard akunze kuba umunyamategeko kuko bimuba mu maraso,icyo yatangiye cyangwa yatangije aruhuka aruko kirangiye,ni umunyembabazi ndetse akunda no gufasha abantu,ni wa muntu wirekura,akunze kugira umwanya wo kuruhuka,ikindi kandi yemera icyo ahawe cyose,agira impano yo kuyobora,ubushoramari,ubucuruzi,ubuhanzi ndetse n’ubushakashatsi mu bya Science,ahora kandi yumva ko yakorera iperereza ku kibazo cyananiranye,mu byukuri kandi ngo ni wa muntu uba yumva yakwisumburaho mu buryo bw’ubwenge.
Yvette,
Ahoerana umuhate wo guharanira ubwisanzure mu buryo bugaragara inyuma,bwo mu bitekerezo ndetse no mu bw’umubiri,yanga akarengane,agira urukundo rurobanura ibyiza gusa,yanga umuntu umugira inama,yikundira ubushoramari n’ubucuruzi gusa bitewe n’imyitwarire ye akunze guhora yicuza kuko akenshi imubangamira mubyo akora,ikindi kandi akunze gukora ikintu mwibanga ubundi akacyerekana aruko cyarangiye mu rwego ngo rwo kwerekana ubuhanga ndetse n’ubushobozi bwe.
Pauline ,
Pauline agira umutima woroshye cyane,akunda abantu, azi kubana, aca bugufi kandi ashaka ubwumvikane mbere ya byose. Ntago ajya ahisha ikimurimo, iyo yishimye urabibona n’iyo atishimiye nabwo ntabihisha. Pauline akenera umuntu umwerekera, umwereka inzira akwiriye kunyuramo kubera ukuntu akunda kugira akantu ko gushidikanya no kutiyizera. Guhitamo biramugora cyane, akunda ibintu bisa neza kandi biri kumurongo, mbese ibintu bijyanye. Iyo atanezerewe mu rukundo n’akazi karapfa kuko iyo atishimye ibintu byose arabireka n’imishinga yarafite akayiparika.
Clovis ,
Clovis agira igikundiro, ni umuntu ushyira mu gaciro agatekereza adashyizemo ibikabyo cg amarangamutima ku inzira zose yacamo kugirango agere ku ntego ye kandi mu buryo bufatika. Ntago ashiturwa n’ibije byose kandi ntan’ubwo apfa gucika intege, ibi bigatuma akenshi agera ku nzozi ze. Clovis kandi ntago agendera ku bitekerezo by’abandi, ntago ari nyamujya iyo bigiye we akomeza inzira yiyemeje uko byagenda kose. Intege nke zizira ku bantu akunda kuko ntacyo apfa kubima. Iyo agusezeranije ikintu aragikora, agira ikinyabupfura ariko akagira ikibazo cyo kutamenya gutegereza kuko yanga ikintu cyose cg umuntu umutesha igihe. Clovis ntajya yihanganira akarengane kuburyo akubonye urenganya umuntu no kurwana yarwana.
Nyuma yaya mazina tukaba tubijeje ko tuzajya tugenda nubundi tubasobanurira imyitwarire y’andi mazina muzagenda mudusaba ko twabasobanuriraho, ahanini usanga ngo 90% y’imyitwarire y’aba bantu iba ihura n’ubu busobanuro.
Mwansobanuriye confiance ni muntu ki?
Mwasobanuriye iryo zina
Nshaka munsobanurire izina Gemima ndetse na Layna murakoze
Mutsobanurire izina Rukundo nimyitwarireyabo
Mubwire izina Bellawila icyobisobanuye
Ndashaka ko muzama ubusobanuro Bwizina Edisa
Risobanura iki?
Emmanuel Arangwaniki
Ubusobanuro
muzaduhe ubusobanuro bw izana obed
Mutsobanurire frank na theogene
Ewn ni wan kbx
Ndashaka ubusobanuro bwi ryo zina
Mwatsobanuriye jovine
Mudusobanurire izina delice? Kdi dushimishwa nubu busobanuro muduha,murakoze
Imyitwarire yizina FILS
Munsobanurire izina Goudance
BANYITA NIBIGIRA MURATWIKA KWL
Jessica bisobanuye iki?
So ndabashimira cyn iyi gahunda ninziza cyn kuk ituma dusobanukirwa imico n’imyitwari y’abaduhora iruhande so munsobanurire izina "CORRINE" Murakoze.
ubusobanuro bwa ba Rebecca
Ubusobanuro bwizina
Eg nivyo pe mwubahwe
ubusobanuro bwizina elysee
Kwira umwana
Ndashaka ko munsobanurira izina murakoze
Mwampaye ubusobaniro ni myitwarire bya magellan
Muzasobanurire
Ignace
Ndifuza ko mwazansobanurira aya mazina atatu
Amuri
Amisa
Aliane
Murakoze
Ndasabako mwabwira mwansobanurira izina florent
Ndasabako mwabwira mwansobanurira izina florent
Ndasabako mwabwira mwansobanurira izina florent
Mutagatifu Deny yaranwe n’iki mumiberehoye?
Musobanure izina mucyo .murakoze
Iyimyitwarire niyo pee ahubwo muzansobanurire jean D’Arc
Ubusobanuro bwizina Isheja, Shayne, bianca
Ndashaka munsobanuriri abantu bayitwa barangwa n’iki, Delphine,Tharcise, solange, josiane, liriane
Munsobanurire izina cessy murakoze
Munsobanurire izina jeadine,olive
Munsobanurire izina tyran
Igisobanuro cyizina Beline na Parfait
Irizina Jonas nyiraryo ateye ate Kandi rivuga iki?
munsobanurire izina ZITA,ALSENE,LODRIGUE
Uko aba ameze
munsobanurire protegene
gusobanura izina tresor
Izina nema
Munsobanurire nuko aba ameze
ubusobanuro bwa lispa
Munsobanurire izina Eric nukobitwara.
Nanjye nimubwire ubusobanuro nibiranga abantu bitwa ba Phocas.
Ndashaka ubusobanuro bwizina fortune
ubusobanuro bwiri zina
ubusobanuro n’imyitwarire by’apascaline
ubusobanuro n’imyitwarire by’apscaline
Ndashaka ubusobanuro bw’izina Cara.
Munsobanurire izina Cara.
munsobanurire winnie
Munsobanurire ayamazina yombi innocent na cynthia
To know what Mary explains
Munsobanurire Divine icyorivugamurakoze
Ubusobanuro
Bwa patrick
Munsobanuriri izina meshake
Munsobanuriri izina meshake
mwansobanuriye izina Rosine na venuste
Mume ubusobanuro bwizina Dativa
Mumbwire nanjye
Mubwire ubusobanuro bwizina milliam
People should always try to be polite
Musobanure honore
Ubusonuro bwizina ryajye
Basobanurire izina Latifa
Munsobanurire iryo zina
Munsobanurire izina dorcas
Ugisobanuro
Munsobanurire abanu bitwa ba Kamikazi,Lucky ,julia
Nange munsobanurire Ghislainne
Munsobanurire izina umuhoza
You are unkownless
Munsobanurire izina Promesse mwambona kuri [email protected]
Munsobanurire izina saranda
Izina Chantal risobanura iki
Mumpe ubusobanuro bw’izina Primitive
Munsobanurire izina ryanjye 0789233151
ndashaka ubusobanuro bwaya mazina:
Jaël, Declane bibaye byiza mwampa tel yanyu nkabavugisha cg mukamvugisha kuri 0783649371 Murakoze!
Niyihe nsobanuro
Niyihe nsobanuro?
Igisobanuro cya Grâce
Igisobanuro cyiza Yvonne
Muzansobanurire izina damour
Ubusobanuro bw’ izina Mignone
Ubusobanuto bwizina neilla
ndashak muzansobanurir izin assoumpt
Murakoz muza nsobanurire claude ,samuel,ishimwe
Nifuza kimenya ubusobanuro nimico
cg imyitwarire y’abantu bitwa Agatha.
Murakoze.
Nshak ubusobanur bw’izina Alain na Placide
Mwongereho amazina menshi naya Chinese
Musobanurire izina cynthia nimyitwarire ye
Ndashaka ko mutsobanurira imico nimyitwarire yo muriryo Zina
Nifuzaga kumenya ubusobanuro bwa rimwe mu mazina yange
muzasobanurire TUMUSIFU
ubusobanuro bw,izina ishimael
Ubusobanuro bwizin Owen
Muzansobanurire izina thèonestine
Shaka ubusobanuro BWI zina betty
Munsobanurire izina Onesphore
Muzansobanirire izina Rose
Muzansobanirire izina Rose
mwiriwe mwansobanuriye izina WAKANDA
Ndifuzako mwambwira igisobanuro cy’izina protais thx.
Ndashaka ubusobanuro bwizina munezero fredaus
Munsobanurire Edison na Edissa
Mwiriwe mwatubwiye izina Espoir icyobisobanura nicyo akunda nicyo yanga murabamukoze
Murakoze ariko munsobanurire izina amoni
Murakoze!mwazashakira izina Reverien icyorisobanura murukundon’inkomoko yaryo.
Mwaramutse nshaka ubusobanuro bw’izina Kingston
Ndasha ubusobanury bwizina jean marie vianney
Mwazatubwira kwizina [email protected]
Muzadushakire izina Mechack
Muzadushakire izina Mechack
Nitwa Laurette mwansobanurira izina Laurette risobanura ik
Ndabashimiye cyane kubwibi bisobanuro Gusa Nange munso banuriye byaba byiza, murakoze
Insiguro yizina chadrack na grâce
Mbanje kubashimira kubusobanuro bw’amazina muduha bigahuza nuko dusanzwe tuzi umuntu.munsobanurire izina Ephrem.murakoze
Izina sciena
Ndashaka ubusobanuro bw’izina Kevin n’imyitwarire ye ibyo akunda nibyo yanga nibimugora murakoze
Thania insobanuro
Ndashaka ubusobanuro bwizina fleurie
Ndifuza kumenya igisobanuro k’izina OLGA
Muzadusobanurire nizina wellars
nifuzagako mwabwira aya mazina: sylvestre, Laurent na daphrose murakoze
ndashaka ko mudusobanurira izina Bernice,Joyeuse,Vestine,Bladock na Tharisa
Ndashaka ko munsobanurira ayamazina Gerardine na chrisostome kuburyo burambuye
Mwambiye Samia na Angelot
nashaka mundabire ROXETTE hamw na PASCASIE
Murakoze! muzaduso banurire imyitwarire yabantu bitwa prudencien
ndabikunze
Rwose muvuga ukuri, akenshi birahura imyitwarire n’amazina muba mwatanze
Ndifuza ko ubutaha mwadusobanurira izina Ryker/Biolla/Musaphir
ubutaha muzansobanurir izina jonas
Mwabwira izina shekina
Ubusobanuro bwayo mazina
muzashakire ubusobanuro bwa Damascene mumpe nimbwitwarire imuranga. murakoze
Bruno
Laurence
.muzadushakire ibiranga izina ildephonse
ubusobanuro bw aline
Muraho neza? Ubutaha muzadusobanurire izina cyliaque muzabamukoze cyane.
muzansobanurire amazina akurikira: j.m.v/ora/honorata
Ndifuza komunsobanurira izina Guian nimyitwarire ye
Muzansobanurire izina ELINE
Mwansobanurira aline,jean baptiste
Muzasobanurire izina tito oy
mutsoba nurire orivier
mwansobanuriye Elyse
munsobanurire izina valantin
muzansobanurire Lionel
AMAZINA ABIRI
Agira umujinya mubi
Mwansobanurira Christine na Abdoul
Mwansobanurira Christine na Abdoul
ubusobanuro bwamazina yange
ndashaka ubusobanuro bw’izina Maricienne cg Mukamurenzi
Nitwa Athanase ndashaka ko munsobanurira aya mazina: Athanase,damour hamwe na rodrigue. Murakoze.
mwamfasha kumenya ubusobanuro bwa Bosco nimyitwarire ye?
muzansobanurire. speciose,froduard,jacques,devotha,sandrine,
mubwire ubusobanuro bwa sandra, noella, thaciane. dianuelson
munsobanurire izina kenny
Mfite izina n’ubusobanuro bwaryo n’ibiranga iryo zina
UBUSOBANURO BWIZINA KENED
ndashakako
munsobanurira
jatine navalens
murukundorwabo
nifuz ubusobanur bwizin colette
Ibi nzabyemera cyane rwose nanjye muzambwire Annualitte bisobanuye iki?
ayamazina ni sawa kbx nanjye muza nshakire ubusobanuro n’imyitwarire ya Epaphrodite murakoze mugire amahoro
gusobanurirwa izina delphine
gusobanurirwa izina delphine
Ubusobanuro
Munsobanurire Dasliva,Fernandinho,Juniar
izina Kevine nubusobanuro ninyitwarire ye
Ubusobanuro
musobanurire berthile
mudusobanurire izina kiane
Mudusobanurire izina ryitwa: Amanda
mudusobanurire janviere
munsobanunrire izina Delphine n’izina Melody
munsobanunrire izina Delphine n’izina Melody
munsobanunrire izina Delphine n’izina Melody
munsobanunrire izina Delphine n’izina Melody
Munsobanurire izina Jennifer nararibuze
nimusobanurire epaphroodit na Cheira
muraba mukoze
mudusobanurire izina "Biden"
mudusobanurire izina Reverien , Leoncie,Ivan, Amanda.
Mudusobanurire izina Ivy na Lily
Mudusobanurire Izina (Angelo)
Mudusobanurire Izina (Angelo)
muzansobanurire Moise,Maurice, Diane
Munsobanurire amazina Wivine na Ivan
Munsobanurire izina Wivine na yvan
Muzansobanurire izina alseni
Muzansobanurire izina alseni
Nibyiza kutubwira amazina icyo asobanuye
Munsobanurire izina Francoise
muzansobanurire
khavia
Muzadusobanurire trajan
Muzadusobanurire Izina Fabrice
Lydie, Alyzee,Fabiola,Juvenal ayo amazina abayafite nateye gute
muzadusobanurire jeanine
muzansobanurire :jean d’Amour na Florence’
muzansobanurire Elie
muzasobanurire Vincent
Muzambwire Silas
Ayo se ni amazina?
Muzansobanurire Rose
Musobanurire Nina
Muzasobanure izina bonheur
Muzasobnurire izina cyriaque
Muzasobnurire straton
triphine bisobanuye iki
Mudushakire ubusobanuro bw’izina marcellee murakoE
munsobanurire izinadamas
ndashaka ko muzansobanurira izina Denyse
ndashakako muzansobanurira izina
Patherne
ILDEPHONSE