Print

Iyi ni imwe mu mico 7 iranga umugore kandi umugabo akwiye kumenyera

Yanditwe na: Martin Munezero 15 May 2017 Yasuwe: 8738

Niba warashinze urugo hari imwe mu mico buriya abagore bagira kandi nawe ukwiye kwihanganira,wayihanganira cyangwa utayihanganira we ntacyo byahindura,ubundi urebye n’inkaho ari ibintu bimubamo.

1.Akunda gukinisha cyane telephone y’umugabo we:

Iki ni kimwe ugomba kumenya ku mugore wawe,niba uziko washakanye n’umugore umenye ko buriya gukinisha telephone yawe aribyo bintu bimushimisha cyane,uko kuyikinisha nta kundi aba ashaka mureba ko hari ubutumwa bugufi abandi bagore baba bakohererje,mbese akabaho yizeye neza ko afite umugabo utamuca inyuma,kandi nkubwize ukuri niyo yaba akwizera gute ntibyamubuza gufata telephone yawe ngo arebe ubutumwa bugufi ufitemo.

2.Kugufata akaboko mu nzira:

Abagore iki kintu baragikunda,mu gihe muri mu nzira mujyenda aba yumva yahora agufashe akaboko kugira ngo yereke abandi ko uri umugabo we hatazagira ukwibeshyaho,nukuvuga ngo aba atambukije ubutumwa bugufi kuri rubanda.

3.Igihe kimwe na kimwe yumva atameze neza njya umwihanganira:

Ibi biba kubagore bose muri rusange,kuko unjya kubona mu minota mike arahindutse kandi nta n’igitumye ahinduka kigaragara,bityo mugabo ugomba k’umwihanganira aho kumubwira nabi ahubwo ugerageza uburyo umuhata urukundo,nawe akagenda agarura ibyishimo buhoro buhoro.

4.Azaguhatira cyane kw’ifotozanya:

Abagabo benshi ubundi ntibakunze gufata umwanya wo kwifotozanya n’abagore babo,ariko waba waba ubukunda cyangwa utabikunda ibyo umugore we ntacyo biba bimubwiye kuko azaguhatira ko mwagira umwanya munjyana kwifotozanya amafoto atagira ingano.Ibi rero nabyo ugomba kubimenya ubundi umugore wawe n’abigusaba ntuzirirwe ushidikanya.

5.Azashaka ko ari wowe unjya k’umuhitiramo imyenda yo kugura yakwambara myiza:

Ubundi Abagore ntibanjya biyizera bo ubwabo ku binjyanye no guhitamo imyenda yo kwambara,niyo mpamvu usanga aguhatira ko mwanjyana ku isoko ngo umuhitiremo imyenda myiza,erega aba anashaka imyenda yakwambara ubundi akabona urishimye.

6.Azashaka ko mukina:

Igihe kimwe na kimwe abagore baba bumva bakina n’abagabo,nicyo cya gihe uzanjya kumva agukubise agashyi ku rutugu,cyangwa muri mu buriri araje akuryamye hejuru.

7.Bakunda kwambara imyenda y’abagabo babo:

Abagore aho bava bakagera bakunda kwambara imipira y’abagabo baba,amakabutura kubayambara,amashati nibindi,Gusa rimwe na rimwe bizashimisha umugabo,ariko hari n’uwo bitazashimisha.Bityo Bagabo mugomba kumenya buryo mutwara abagore banyu mukurikije imico yabo.


Comments

consoleé 17 May 2017

Hahhhhhhhh cyakora uyu muntu ndamwemeye azi ubushakashatsi nanjye ndi umudame ariko mba nunva naho nifotoza udufoto na chr wanjye gusa byo abagabo ntibabikunda usanga tubipfa.ariko yaramenye ntakibyanga!


consoleé 17 May 2017

Hahhhhhhhh cyakora uyu muntu ndamwemeye azi ubushakashatsi nanjye ndi umudame ariko mba nunva naho nifotoza udufoto na chr wanjye gusa byo abagabo ntibabikunda usanga tubipfa.ariko yaramenye ntakibyanga!


consoleé 17 May 2017

Hahhhhhhhh cyakora uyu muntu ndamwemeye azi ubushakashatsi nanjye ndi umudame ariko mba nunva naho nifotoza udufoto na chr wanjye gusa byo abagabo ntibabikunda usanga tubipfa.ariko yaramenye ntakibyanga!


consoleé 17 May 2017

Hahhhhhhhh cyakora uyu muntu ndamwemeye azi ubushakashatsi nanjye ndi umudame ariko mba nunva naho nifotoza udufoto na chr wanjye gusa byo abagabo ntibabikunda usanga tubipfa.ariko yaramenye ntakibyanga!


consoleé 17 May 2017

Hahhhhhhhh cyakora uyu muntu ndamwemeye azi ubushakashatsi nanjye ndi umudame ariko mba nunva naho nifotoza udufoto na chr wanjye gusa byo abagabo ntibabikunda usanga tubipfa.ariko yaramenye ntakibyanga!


consoleé 17 May 2017

Hahhhhhhhh cyakora uyu muntu ndamwemeye azi ubushakashatsi nanjye ndi umudame ariko mba nunva naho nifotoza udufoto na chr wanjye gusa byo abagabo ntibabikunda usanga tubipfa.ariko yaramenye ntakibyanga!


ERIC 17 May 2017

Andika Igitekerezo HanoIBYONIBYOKABISA


ERIC 17 May 2017

Andika Igitekerezo HanoIBYONIBYOKABISA


Antoine 16 May 2017

Andika Igitekerezo HanoCyane ibyo byose uvuze abagore barabikunda kabsa.


Al 16 May 2017

Nshuti,urakoze Kudusangiza Ubumenyi,ariko Gerageza Gukosora Amakosa Ajyanye N’imyandikire:tandukanya Njy Na Jy.


egide 16 May 2017

Amatriningi yanjye yo yarayifunze


Rudibura 15 May 2017

Ndabona wagirango ngo umugore wanjye muramuzi.