Gukuna/guca imyeyo ni igikorwa cyakorwaga mu muco nyarwanda ndetse n’ubu kikitabirwa na bamwe mu bakobwa, gusa hari igihe usanga bamwe bibaza igipimo bagakwiye kugarukiraho bakuna, Hari n’ingaruka zo kudakora iki gikorwa aho usanga bamwe mu batarabikoze bicuza cyane.
.Ibyiza byo gukuna/guca imyeyo.
.Ingaruka zo kudakuna/guca imyeyo
.Ese nabasha kunezeza umugabo ntarakunnye?
.Ese ni ikihe gipimo nagarukiraho cyo gukuna/guca imyeyo.
.Ese abagabo bakunda umugore wakunnye ?
.Umuco nyarwanda waba ushishikariza abagore/abakobwa gukuna ?
Nk’uko benshi baba bakeneye kubimenya twagerageje kubashakira igipimo nyakuri umukobwa/umugore yakagombye kugarukiraho mu gihe aca imyeyo/akuna kuko hari abo usanga kubera ubunebwe barekera aho kandi mu by’ukuri bataragwiza mu gihe abandi bakurura bakarenza ku buryo byitwa imijabamabyi.
Mu gitabo cya Bagambiki, asobanura ko iyo ukurura ucunganwa no kutarenza urugingo rwa kabiri rwa musumbazose cm 6-7, hari n’abanezezwa no gukuna akarurenza ariko byitwa " gukuna ibiziriko " cyangwa se " imijabamabyi ", ndetse ngo uwakunnye ibiziriko agira ubushyuhe cyane ndetse akifuza vuba igitsina mu gihe ari mu minsi y’uburumbuke, gusa hakabaho kwifata kugirango atiyangiriza ubukobwa bwe.
Uwagwije rero ntaba agihangayikishijwe n’ibikoresho, amavuta y’inka gusa arahagije cyane cyane avuye mu mihango kuko umubiri uba waregeranye, akora ibyo bita “kunanura”. Umukobwa cyangwa umugore wakunnye bimutera ishema n’isheja agahora iteka yiteguye kunezeza umugabo mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina.
Bidasobanuye ko utarakunnye bamusenda, bafatanya kurwubaka kandi ntibibabuza kunezererwa icyo gikorwa, akarusho gusa ni uko umugore wakunnye areta vuba kandi akihuta mu kunyara no mu gusohora, bigatuma ndetse bigafasha umugabo we akumva ko atarimo kuruhira ubusa, biramunezeza cyane iyo bose barangije.
Ibyo utarakoze iki gikorwa aba yicuza:
Aho umukobwa abimenyeye ko hari igikorwa cyamwihishe cyangwa atamenye, bimutera ipfunwe ndetse bikamubabaza cyane, akumva ahari wenda ntacyo bimaze gushaka niba atarakunnye, kuko abandi akenshi bamuca intege bamubwira ko bazamusenda, ngo bazamukubita intosho ishyushye mu maguru, ngo nyirabukwe azarahiramo ivu, n’ibindi by’urucantege, ariko binagaragara ko cyera byakorwaga.
Ahora asuherewe rimwe uwo mutwaro akawugereka kuri nyina cyangwa bakuru be bakabaye barabimuganirije, yaba ntabo afite akibaza ati nibe n’abafite ababibakorera (yumvikanisha ko kubura nyina yahombye byinshi; kandi koko), atangira kugerageza bitagishobotse ari naho bakuriza imvugo igira iti "ngo nyiranaka yibutse ikuna mu irongorwa" nuko aba abikoze mu gihe kitari icyabyo.
N’ubwo hari abagifata igi gikorwa cyo gukuna nk’icya kera, mu by’ukuri n’ubu abagabo benshi usanga baba bashaka abagore bakunnye, ni nayo mpamvu usanga hari abifuza kubikora baramaze gushaka yewe baranabyaye, gusa birashoboka nubwo waba warabyaye ariko biba bigoye.
N’ubwo bivugwa ko umugore waciye imyeyo /wakunnye anezeza umugabo cyane hari n’abavuga ko iki gikorwa gishobora no gutuma uwagikoze yishora mu busambanyi kuko bimutera ubushyuhe cyane gusa tukaba dukeneye kuzaganiriza bamwe mu bagikoze bakaduha ubuhamya.
Njyewe maze kugera kure nkora iki gikorwa gusa mubyukuri biraryoha nanone nibaza nimba bitangirah ingaruka bitewe nuko mba niyumva " thanks
umuntu aca imyeyogut?
Mfite imyaka 20 sinigeze nganirizwa kubyerekeranye no gukuna Niki nakora ko nifuza nabikora se byakunda
Nibyiza Cyane Pe!!!
NUMVA NSHIMA UWOMUCO KUBERA BYO UBWABYO NI URUGI RUKINGA KUGRANGO MUMBERE HATIYANIKA NYIRAHO YISHYIZE MUMUDENDEZO AKIYANIKA ATABIZI KDI MUZIKO ISURA YANDANI ISA UKWAYO KDI HARIHO ABATANEZEZWA... NUMVISHE IBIGANIRO BY’ ABAGANGA BABYAZA ABAGORE BATI"HARI ABAGORE BAGARAMA KUGATANDA IGITSINA KIKARANGARA UBURYO BABIGANIRAGA KWABO BAGORE WUMVAGA BIBABANGAMIYE.
ese kongera ubugari bwigitsina ntacyo bwangiza kubusugi?
Nabazaga ese umuntu wakoze imibonano mpuza bitsina ntago ashobora guca imyeyo?
Nabazaga ese umuntu wakoze imibonano mpuza bitsina ntago ashobora guca imyeyo?
Omere Mfitumukiza
Cape Town
[email protected]
Murakoze kudusangiza iyo nyigisho, ariko nkibaza, uburyo Gukuna bikorwamo niba bitatera ubikora kuzajya yikinisha? Ese uwagwije iyo abikora ntago azana amavangingo kuburyo aba asa nkaho arimo gukora imibonano? Murakoze!
Hello
nitwa Omere mba Cape Town.
Murakoze kudusangiza iyo nyigisho, ariko nkibaza, uburyo Gukuna bikorwamo niba bitatera ubikora kuzajya yikinisha? Ese uwagwije iyo abikora ntago azana amavangingo kuburyo aba asa nkaho arimo gukora imibonano? Murakoze!
Ngewe Nitwa Ruth Kibungo Ngoma. Nange ndemezako Umukobwa cg Umudamu wese utakoze ibyo binu byo gukuna atagakwiye kubaka
Mbega Ngo Bikomere . Isi Yahindutse Sodomo Ahaa !
Mbega Ngo Bikomere . Isi Yahindutse Sodomo Ahaa !
ko nabikoze neza cyane ariko umugabo arabinziza ngo ntabwo abikunda nkore iki?
Muraho mbega aho isi itugeze!nonese ibyonabyo biri mumugambi w’Imana?ko ariyo yaremye imibiriyacu yanatanze iryotegejo?mwavuzeko ibyo bitera ubushyuge bwinshi ubwose ntibyashora abantubenshi mubusambanyi?tubyitondere.
Ariko ibyo mwigisha abana bacu kandi banyu na bashiki vacu ntabwo ari byiza kuko ibyo bihabanye cyane n’uko Imana yaremye umuntu ntabwo rero ibyo biyinezeza. Ahaaa ndabona igihugu cyacu mugihinduye Sodoma na Gomora rero mwitegure ibyo Imana yakoreye Sodomu na Gomora ndabona bigwiriye ka Rwanda kagowe.
Njye ubu mfite 24 ans abakobwa batandukanye bamaze kumpa ariko numvise gukuna no kudakuna ntacyo bihindura mu buryohe! Buguma ari bwa bundi nyine buhebuje pe!
murakoze ariko se urugingo rwakabiri urupimaho ukuruye ukareshyeshya? murakoze?
murakoze kutwigisha gukuna arikose bakururabate? ntabyo uba wikinisha.
murakoze kutwigisha gukuna arikose bakururabate? ntabyo uba wikinisha.
murakoze kutwigisha murabarimu beza.ubutaha muzaduhe nama photo