Print

Ubuhamya bw’umugore waryamanye n’umugabo usiramuye n’udasiramuye ngo yumve itandukaniro

Yanditwe na: Martin Munezero 9 June 2017 Yasuwe: 143722

Nabyirukiye muri Amerika, mu myaka myinshi namaze ndi umukobwa, naje kuryamana n’umusore ku nshuro ya mbere nsanga asiramuye kuko mu mugi dutuyemo gusiramurwa bisa n’ibiri mu muco.

Uko nabyumvise kuko nari mbikoze bwa mbere, nagizengo niko bihora bimeze no ku bandi ariko naje gusanga naribeshyaga.

Uko nagiye mara imyaka myinshi, nagendaga nunguka inshuti zitangukanye aho naje no kumenya ibijyanye n’ikoranabuhanga ntangira kujya ndeba ibintu bitandukanye kuri za interineti, ubwo nabonaga ibitsina by’abasore batandukanye nkaza no kubonamo ibidasiramuye.

Ibi byaje kuntera amatsiko yo kumenya uko kuryamana n’umusore udasiramuye bimera ntangira no gushakisha uburyo nashira amatsiko.

Ntibyatinze rero naje gukundana n’umusore wo mu gihugu cya Swede, aho iki gihugu kimwe n’ibindi bihugu byinshi byo ku mugabane w’u Burayi batamenyereye ibintu byo kwisiramuza.

Inzozi zanjye zabaye impamo kuko ku munsi wo twaryamanaga natunguwe no gusanga adasiramuye nubwo tutari twarabiganiriyeho mbere ngo menye niba asiramuye cyangwa adasiramuye.

Uko nabyumvise, ntabwo byampaye ikinyuranyo kinini nkurikije n’uko nari nabyumvise ku musore wa mbere twari twararyamanye mu myaka igera kuri 4 yari ishize.

Byatumye nyuma yo kuryamana n’uyu musore udasiramuye nongera nshaka undi musore usiramuye ngo turyamane ubwo nahitaga nkundana n’ukomoka muri Irelande mu gihe kitarambiranye tugakora imibonano mpuzabitsina.

Mu by’ukuri, icyo nasanze muri uko kuryamana n’abasore batandukanye ni ukuba gukorana imibonano mpuzabitsina n’umusore udasiramuye biryohera bombi kurushaho ariko cyane cyane ku mugore kuko aba yumva amarangamutima menshi, gusa ikibazo kikaba ko umusore arangiza vuba mbere y’umukobwa kuko nawe aba yumva uburyohe buruseho.

Ku ruhande rwo kuryamana n’umusore usiramuye, biba byiza kurushaho kuko igikorwa kimara umwanya munini ariko nta buryohe cyane ku ruhande rwe ku buryo ashobora no kurambirwa bityo ugasanga bibangamye ku ruhande rumwe.

Uretse kugendera kuri ubu buhamya, Umuryango w’Abibumbye, ishami ryita ku buzima ritangaza ko kwisiramuza bigabanya amahirwe yo kwandura virusi itera SIDA bityo ikaba inakangurira abantu kwisiramuza batagendeye ku kuba biryoshya imibonano mpuzabitsina gusa ahubwo banagendeye kuri ayo mahirwe.


Comments

ELISAH 24 October 2023

UBUSOBANURO SHAKA KUMENYA NI UBWOKO BWA MBERE BURYOHA BWIMBOLO


23 November 2022

NANJYE NDASILAMUWE


loda 2 October 2020

Ntababeshye imboro isiramuye iraryoha pe.


masengesho 10 February 2020

Kwishimisha mu busambanyi ni icyaha gikomeye,kubera ko Imana yaduhaye ibitsina idusaba kuryamana gusa n’umuntu umwe twashakanye mu mategeko.Millions and millions z’abantu basambana,ntabwo bemera ko ari icyaha kizatuma babura ubuzima bw’iteka muli paradizo dutegereje ivugwa muli 2 Petero 3:13.Ntacyo bimaze kwishimisha akanya gato,hanyuma ukazabura ubuzima bw’iteka muli Paradizo kandi ntuzazuke ku Munsi w’Imperuka.Nukugira ibitekerezo bigufi cyane.


oli 21 October 2019

Imboro zose zirasa biterwa nurongora ubuhanga afise


12 October 2019

NANJ NDUMUSORE WIMYAKA 20MAZE KURYAMANA NABAKOBWA2 TWENDANA GUSA NASANZE NTARYOHEWE KUMWE NONESEGA VYOBA VYAVUYE KUK?


Isa Nduwayez 26 September 2019

Nabakobwa Baremeza Kusore Asiramuye Abikoraneza GT NAwemusorewobipinga Canke Uratinya Genda Bagukureko Ubucafu


amani 17 September 2019

Nje ndi Docteur mubyimyororokere twasanze kwisaramuza arisukugusa naho udasalamuwe afite amahirwe yokubayageza mumyaka 60 agitera akabariro
Iyo dukuyeho ruraruhu rutwikiriye igitsina gabo imbaraga zakigabo zibaga zigabanijwe mwibanga akazahura nazo mumyaka45
Impanvunuko kumunwa wigitsina niho huriro dyimitsi ivuye mumbwonko itera sentiment zogushuha
Iyozichiwe zibazikomwe munkokora amaraso ntagere kupfundo

Mwabyishimira arikobifite ingaruka zabyo
Mwibukeko hariho nabasalamurwa bagakonjerako babangirije ibaze arumugabowawe chagwa umwanawawe

Ikindi utarasalamuwe nibo babyara abana bafite uburanga ngusubya abasalamuwe .

Usibye isuku idafashe abantubashakira mugykebimibiri ahubwobazimara nonese natwi tiyakebekwajabikumwanda? Mukwahase bibute?

Abatiyogoshabose bazashirwahe nawe ibaze .


gashumba 11 September 2019

kwisiramuza ntakindi bimaze usibye isuku gusa uburyohe wapi


Tuyikunde 18 August 2019

kwisiramuza nibyiza


Tuyikunde 18 August 2019

kwisiramuza nibyiza


JADO. 15 December 2018

abatazi uburyohe bwo kwisiramuza barasigaye.


Emmy 5 October 2018

Uwifuza usiramuye kdi ufite gahinda yanyandikira kuri Email. [email protected]. NB:NDI SERIE CYANE RWOSE GUSA AMFAKUBA ARENGEJE 25 YUBUKURE KUKO NANGE MFITE 25. UFITE GAHUNDA ANYANDIKIRE. THX


4 October 2018

Kwisiramuza Nivyiza Cne


Amani 18 June 2018

@ NIRERE ALICE: Ngo ntaburyohe bwumugabo udasiramuye ,umwanda? Ushaka kuvuga ko hari igice cy’umubiri Imana yaremye ngo ni umwanda? Isuku ni ukuyigira nta bwo ari ugukata ibice by’umubiri. Ese ye, icyoroshye gukorerwa isuku hagati y’igitsina cy’umugabo n’icy’umugore ni ikihe? Mwihaye gushyira abagabo ku nkeke n’inkubiri ngo bisiramuze. Kuki wumva ko umugabo ari we ugomba guhindurwa uko yavutse hanyuma umukobwa yakatwa igice cy’umubiri bikitwa ihohoterwa? Kwisiramuza ni ubwende bw’umuntu, abagabo bose bavuka kuriya (abenshi ku isi ntibasiramurwa), ntibakeneye guhindura nature bibagisha umubiri udafite ikibazo.

Ahantu hose hadakorewe isuku ntihaburra kugira indwara. Dukure amenyo ngo tutazarwara indwara z’amenyo? Dukate imoko cg ibere ngo tutazarwara cancer y’ibere?
Kwirinda indwara nyine ni ukwirinda ibizitera. Kwifata, ubudahemuka cg agakingirizo. Gukata ibice by’umubiri.


Yves Masengesho Gold. 1 May 2018

Umva igitsina gisiramuye kiraryoshya cyane haba kumuhungu ndetse numukobwa bose bari kurongorana kuko igitsina gisiramuye kinyerera neza mu gitsina cyumugore bityo akaba yanahora agikumbuye kubera uburyohe bwacyo.


aisha 11 June 2017

uwo mukobwa nacyijye nda cye umusore usiramuye araryoha peeeeee


aisha 11 June 2017

uwo mukobwa nacyijye nda cye umusore usiramuye araryoha peeeeee


aisha 11 June 2017

uwo mukobwa nacyijye nda cye umusore usiramuye araryoha peeeeee


mupenzi 10 June 2017

udasiramuye niwe mwiza kuko cya gihu kibika ububobere nanjye niwe nkunda


NIRERE ALICE 10 June 2017

ntaburyohe bwumugabo udasiramuye puuuu,umwanda,
ahubwo umugabo usiramuye arongora neza cyane kandi mwese mukaryoherwa naho udasiramuye cya gihu kurabangamirana pe,ahubwo abakobwa tujye dushishikariza abasore cg abagabo duhura nabo badasiramuye kwisiramuza,numwanda cyane


pupu 9 June 2017

fake rwose
fake , nuwo mukobwa ntabyo azi kuko nurutoki ubwarwo bwamurtongora akanezerwa


ahishakiye martin 9 June 2017

Andika Igitekerezo Hano muzamuze nawe tuganire


ahishakiye martin 9 June 2017

Andika Igitekerezo Hano muzamuze nawe tuganire


alain 9 June 2017

muri abanswa cyane !!