Print

Umutoni afite umwana umwe gusa ndetse ni umworozi none arifuza umukunzi

Yanditwe na: Martin Munezero 17 June 2017 Yasuwe: 11292

Umusomyi w’ikinyamakuru umuryango.rw yatwandikiye ngo yifuza umukunzi ufite akazi byibura afite impamyabumenyi ya University cyangwa se iya Secondaire.

Umusomyi wacu yagize ati "Muraho nitwa umutoni,mfite umwana,ndifuza umukunzi,Njye ndorora,ndifuza uwaba afite akazi yararangije byibura university cyangwa secondary! Guhera kuri 28 ans kuzamura anafite byibura 1.72cm. Kandi akaba anakunda
gusenga ndetse ari na sociables."

Niba uri umusore wujuje ibisabwa byose Umutoni ashaka ushobora kumubonera kuri iyi numero ikurikira:0785441476

NIBA NAWE USHAKA KO TWAKUBERA UMURANGA WATWANDIKIRA KURI IYI E-MAIL IKURIKIRA:[email protected]


Comments

xxxxxxxx 26 April 2023

nshaka umugabo hagati ya 38 kugeza 45 uwuma byavamo yampamagara 0789772853


4 April 2023

nujuje ibisabwa mpamagara ku 0737744603


ndayisaba bonaventure 31 March 2022

Nkeneye umugore cyagwa umukobwa nibura ufite ubwandu bwagakoko apfa kuba atarengeje imyaka 32. Umuryango mubimfashemo .nimero yanjye ni 0785237102.ndi serious nkeneye kubaka rwose.ntamikino irimo pee.ndi umusore
Ibirenze ibyo tuzabiganira nubyifuza murakoze


ndayisaba bonaventure 31 March 2022

Nkeneye umugore cyagwa umukobwa nibura ufite ubwandu bwagakoko apfa kuba atarengeje imyaka 32. Umuryango mubimfashemo .nimero yanjye ni 0785237102.ndi serious nkeneye kubaka rwose.ntamikino irimo pee.ndi umusore
Ibirenze ibyo tuzabiganira nubyifuza murakoze


Demax 27 February 2022

Ndi umusore w’imyaka 33 y’amavuko nkaba nkeneye umukunzi (umugore/umukobwa) ufite imyaka y’amavuko kuva 22 - 33.

Uko agomba kuba ateye..:

1.Umugore uzi inshingano ze:

Umugore mwiza mu buriri ,umenya inshingano ze, ugomba kumenya ko uwo bagiye kubonana ari umugabo we, akanyubaha, akantetesha.

Wa umugore uzajya atangira kunshotora tukiri muri salo ambwira ibingwa ku mutima,tukaza kugera mu buriri umwe yiyumvamo undi.

2.Umugore wirekura:

Nkeneye umugore uzajya unyirekuraho, akampa ibyo nshaka kandi neza, muri pozisiyo ibanoye.

Utari umunebwe mu buriri, utazajua agera mu buriri akagarama, akumva ko ibisigaye ari njye ugomba kwirwariza.

3.Umugore utinyuka:

Umugore uzajya untinyuka, akamfasha ambwira aho yumva haryoshye, aho yumva namushimira.

4.Umugore uzi gutegura umugabo:

Umugore nzajya nsanga yanyiteguye, haba ku meza, ku buriri neza kandi bunafite isuku, akanyegera akankorakora, akansiga umubiri we n’ubwo yaba atabyibushye cyangwa ngo agire ikibuno kinini, akankorakora kuva ku musatsi kugera ku kirenge, uwo ni we mugore nkeneye.

5.Umugore waciye imyeyo:

Hano aramutse yujuje Indi nta kibazo namwihanganira.

Ariko aramutse yaraciye imyeyo byaba Ari akarusho.

6.Umugore unyara:

Kuri iyi ngingo, kunyara ntabwo ari ukwihagarika, ahubwo ni ukunyara mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina, aho umugore yishima akamisha Amavangingo.

Ubundi nta mugore utagira aya mavangingo, ahubwo ashobora kutayazana bitewe n’umugabo utazi kuyashaka.

Gusa njye ndabishoboye.

7.Umugore wiyungura ubumenyi:

Umugore nkeneye uhora ashaka kwiyungura mu bumenyi, kuri iyi ngingo aba agomba gushaka izindi nyigisho zamufasha kunezeza uwo bashakanye kurushaho, aba atandukanye na wa wundi uba azi ko hari ikibura, akicecekera agira ati ‘azajye abirya uko biri’.

8.Umugore ubanza Imana:

Umugore uzi Imana, azi ubwenge, azi gushimisha umugabo, ntabwo yirata ubwiza n’ibyo mutunze, ahubwo akanyubaha mu buriri akangenera ibyishimo nifuza, ntabwo azaba ameze nka ba bandi bataha basingiza icupa (inzoga) bakirengagiza inshingano zabo nk’abagore. Kubera ko sinkeneye kuzamuca inyuma kuko nkunda kurongora cyane.

9.Umugore unyurwa:

Niba uyu munsi dukoze imibonano ntagere ku byifuzo bye, arakambwira mtese tukamenya aho byapfiriye ejo mtukahakosora, uyu niwe mugore nkeneye, kuko niteguye kumwiha.

10.Umugore uzi gushima:

Mu gihe dusoje, mugore nkeneye ni wawundi unyegera mu ijwi rituje akambwira ati ‘Merci mon patron, urakoze mutware, ndanyuzwe, ndagukunda’ yarangiza akanjyama mu gatuza akaba yangganiriza utugambo turyohera amatwi.

Sinkeneye wawundi uzajya ahora yirata ubwiza, igihe cyose ahora abunkangisha, turyamana ku nduru, namukoraho akikanga ngo ndamuhanda.

Niba ahari yamvugisha kuri:
+250788967943 cg akanyandikira kuri:
[email protected]

Ndamutegereje.


manzi 0788826793 6 December 2021

Nitwa manzi ndifuza umukobwa cg umumama ufite gahunda kd agomba kuba arinzobe cg imibiri yombi kd agomba kuba afite akazi kamuha ubwishingizi yakohereza sms kuri phone 0788826793


Ishimwe Samuel Didier 23 July 2021

Ndashaka umukunzi narize sindabona akazi
Ushaka ko dukundana, waba fite umutima ukunda,ukaba usenga,warize,Kandi ukora yaha ari sawa
Mfite 22 imyaka,ibiro 60,58kg;
Ariko umuntu twakundana yaba atabyibushye Kandi atananutse
Imyaka atarenza twayivugana imbox
Email: [email protected]
+250783695444


Ishimwe Samuel Didier 23 July 2021

Nitwa ishimwe Samuel Didier ndumusore
Nfite 22
Ibiro 60
Nshaka umukunzi
Yanyandikira
+0783695444


Ishimwe Samuel Didier 23 July 2021

Ndashaka umukunzi narize sindabona akazi
Ushaka ko dukundana, waba fite umutima ukunda,ukaba usenga,warize,Kandi ukora yaha ari sawa
Mfite 22 imyaka,ibiro 60,58kg;
Ariko umuntu twakundana yaba atabyibushye Kandi atananutse
Imyaka atarenza twayivugana imbox
Email: [email protected]
WhatsApp:0783695444
Telegram:0783695444
Instergram, Facebook,...


murisa Emmy 9 June 2020

Muraho, nitwa MURISA, Ndumusore nfite imyaka 34
Mpima 1.80m nibiro 70kg,
Ndifuza umukunzi twafatanya tugashinga urugo,
Umuku nkeneye agomba kuba atari munsi yimyaka 30ans
Akaba ashaka kubaka ataribya babandi baza gukinira murukundo rwumuntu.
Ahari yanyandikira sms cg akampamagara kuri
+250780498367.

N B:mwokabyaramwe sinshaka uzagukina.


9 October 2019

Muraho, numusore muremure, ndifuza umukunzi
.ndifuza umukunzi ufite gahunda apana gukina.niba ahari anyandikire sms kuri +250738756683.


renzaho 18 December 2018

tuzabyumvikanazatwavunwe


renzaho.Jafeti 15 December 2018

umutoni.ndasha.Kuganira.nawe


15 December 2018

ndifuzakuganiranaweakaninomero


umugabo 19 June 2018

Hello?

amazina si ngombwa ariko ndi umusore mfite 29 years, ntago nize za kaminuza, nigeze gushaka umugore tumarana imyaka 2 ntibyakunda ko dukomezanya, nta kazi gahamye mfite ariko nzi gushakisha imibereho, ndi mutomuto mu gihagararo.

Rero ndashaka umukunzi w’umukobwa ukuze nibura afite hagati y’imyaka 27-35, utabyibushye cyane, ari imibiri yombi kandi afite taille kuko nkunda umugore w’amabuno, kuba yarize cyangwa atarize ntacyo bivuze, afite ako abayeho byadufasha gukomeza gufatikanya byaba ari byiza kurushaho.

abaye ahari yanyandikira kuri whatsapp yanjye: +250788888963


umugabo 19 June 2018

Hello?

amazina si ngombwa ariko ndi umusore mfite 29 years, ntago nize za kaminuza, nigeze gushaka umugore tumarana imyaka 2 ntibyakunda ko dukomezanya, nta kazi gahamye mfite ariko nzi gushakisha imibereho, ndi mutomuto mu gihagararo.

Rero ndashaka umukunzi w’umukobwa ukuze nibura afite hagati y’imyaka 27-35, utabyibushye cyane, ari imibiri yombi kandi afite taille kuko nkunda umugore w’amabuno, kuba yarize cyangwa atarize ntacyo bivuze, afite ako abayeho byadufasha gukomeza gufatikanya byaba ari byiza kurushaho.

abaye ahari yanyandikira kuri whatsapp yanjye: +250788888963


Karisa claude 12 June 2018

Ndumusore imyaka ni 33ndasaba uwo twakubakana u r ugo uri seriye arinzobe cgimibiri yombi afite Imyaka kugeza25 yarabyaye ntacyibazo bitarenze 1 yarize byibuze imanitenorumari pirimairi akazikangetaximan numero0734899379


lameck 29 December 2017

Mutoni nubyiza kwandika kitekerezo cyawe ariko nange nakwishima mbonye umukuzi kabisa nimba Ari umukobwa uri tayari anyandikire whatspp +256791623798 email [email protected]


Hakizimana Emmy 10 December 2017

Nkeneye Umukunzi Ndumusore Ukuze 32year 1.74cm 70 Kg Wimibiri Yombi Nize Secondaire Gusa Ntakazi Gafatika Mfi Kuko Nkora Akazi Kubuseculte Mur I S C Ndifuza Umukunzi Umukobwa Cg Umudamu Ukuzemo Guhera Kuri 25 Kugeza 40 Ubyibushye Uko Yabasakose Ufite Akazi Cg Yikorera Kuburyo Twakunganirana Yarise Secondaire Kuzamura Akunda Gusenga Yubaha Kd Afite Urukundo Nimero Yange Ni 0787200839/0728300839 Nukuri Ndabakunda Cyane


NSENGIYUMVA 26 October 2017

nonesemuto?kuvuzengoushakauwarangije?kohubakaurukundo hubaka amashuri!aha.isubireho


jerome 19 June 2017

ese mutoniwe wowe ufite ayahe mashuri? meterozo ni zingahe? ivuge neza ndahari nkumva byavamo twapanga kukonge nditari


Polinsen 19 June 2017

Mutoni se koko ushaka abafite akazi banasenga kandi baminuje, yagize ngo kuri ako kazi,mu rusengero no mu ishuli aho bize ntabakobwa bahaba? Keretse abapadiri niba aribo ashaka kandi nabo babona akazi bamaze gusezerana ubumanzi bwa burundu!


harerimana fousten 18 June 2017

ndamusha cyane namunda cyan


Abayo Alain Bertin 18 June 2017

Uwimana yamugeneye wasanga arumukarasi nasenge Imana areke kwifuza


RUKUNKUMURA ABATESI 18 June 2017

NAZEE MUKUNKUMURE DA


RUKUNKUMURA ABATESI 18 June 2017

NAZEE MUKUNKUMURE DA


Mwanga 17 June 2017

Umutoni, ngo urashaka umugabo usenga? Mm, ah, basenga Imana se? Ubu wowe uwakugira Imana ubona utaba waragowe? Ahubwo se kuki uvunisha umugabo iryo naniza?


rusanga papias 17 June 2017

ndamushaka nkamutonesha we numwana we please muduhuze


17 June 2017

ARABESHYA ASHAKA UWIZE WE YIZE ANGAHE?


Theophile 17 June 2017

niba aribyo murabagabo koko mumumpe


Tuyisenge eric 17 June 2017

nonese umugabo warera umwana atabyaye yaba ameze ate?


Hamudu 17 June 2017

Muratubeshya


niyonkvedaste 17 June 2017

WAP ba mutoni aba ari bagufi Niyo character zabo!!


jean damas 17 June 2017

uwo mutoni ndamushaka ngo mutoneshe.


Willy 17 June 2017

Abanyarwanda turacyafite ubujiji bwinshi kuki waba ushaka ikintu wumva cyakugirira akamaro warangiza ukihisha niba mushaka abagabo cyangwa abagore mujye mwiyirekana tubarebe bitaribyo muge muzindi mbuga kuko rwose sinakubenguka ntakubonye ni mukure mu mutwe


maritha 17 June 2017

Ndifuza umuhungungu ushaka gushinga urugo vuba gusa nsinkorera fr menshi mfite umwana umwe ,bibaye byiza yaba nawe afite ikintu kimwinjiriza . Ntabyinshi kubyo yaba yujuje ibindi twazajya tubivunaho no yanjye niyi0784059112


huhu 17 June 2017

Uyu mukobwa arabeshya iriya numero so iye ni iya mukantwari; navane imitwe aho ngaho


huhu 17 June 2017

Uyu mukobwa arabeshya iriya numero so iye ni iya mukantwari; navane imitwe aho ngaho


aliv 17 June 2017

Nonese Umutoni we afite m? Kuki yasabyeko umunzi we yaba yarize menshi kandi we ari umworozi? Nawe nabanze atange amakuru yose


Ngabo Moussa 17 June 2017

ubwo ntatubeshya koko


Ngabo Moussa 17 June 2017

ubwo ntatubeshya koko


jgf 17 June 2017

dgjjikkl


Niyonzima 17 June 2017

Ndifuza umugore yaba umukombwa cg yaba umugore utakibana numugabo!
Ndi umukozi wa leta uhembwa frs ata
ri menshi.umukombwa cg umugore nshaka byaba byiza akunda umupira wa maguru kko ndawukunda cyane!!!


George 17 June 2017

Uwitwa Mutoni we ko atatangaje ibyo yujuje ko yavuze uwo uwo yifuza ashyiraho nibisabwa nkutanga akazi