Hari abahangayikishijwe n’izamuka ry’ibiciro ku modoka zizajya ziparika ku kibuga cy’indege zigiye gufata cyangwa zijyanyeyo abantu ndetse hari n’abavuga ko bizabagiraho ingaruka. Biteganyijwe ko kuva muri Nyakanga imodoka izajya yishyura 3000frws mu isaha ya mbere naho izikurikiye yishyure 500frws ku isaha.