Print

Umubyeyi w’abana batatu arifuza uwamuha urukundo rutari nk’ urw’ umugabo we wamuteshaga umutwe

Yanditwe na: Martin Munezero 22 June 2017 Yasuwe: 3975

Umubyeyi w’abana batatu utuye i Kigali yatwandikiye adusba ko twamubera umuranga maze tukamuhuza n’umugabo umuha urukundo atigeze abona ku mugabo we wa mbere babyaranye abana batatu.

Umugore utashatse ko tumuvuga amazina yatwandikiye agira ati :Muraho benedata?
Mugire amahoro y’Imana,ariko ntimutangaze amazina yanjye).

Nsomye inkuru y’ubuhamya bw’’ Umunyarwandakazi wahuye n’ ikibazo cy’ imyorokere ata urugo yisangira umusore bakundanaga bakiga ku umuryango.rw ,njye rero ntabwo ari ubuhamya mbaha bw’úrukundo kuko ntarwo nabonye,ahubwo nifuzaga ko mwamfasha gushaka umukunzi.

Ndi umudamu ariko nabanye n’umugabo ambeshya urukundo tubyarana abana batatu birangira antesheje umutwe turanatandukana. Ubwo rero niba hari icyo mwamfasha mukampuza n’umusore ufite gahunda( cyangwa umugabo utarengeje 45 ans kandi ufite urukundo) tukareba niba twakuzuzanya tukanabana.Jyewe mfite imyaka 36,mba muri Kigali.

Ufite gahunda kandi afite n’akazi keza gashobora gutuma atunga urugo yatubwira tukabahuza abinyujije kuri iyi E-mail:[email protected]

NAWE NIBA WIFUZA UMUKUNZI CYANGWA SE HARI UBUHAMYA BW’URUKUNDO WIFUZA GUSANGIZA ABANYARWANDA WATWANDIKIRA KURI E-MAIL IKURIKIRA:[email protected]


Comments

nzacilde 6 March 2019

+250788925608


ATHANASE 19 September 2017

mwaramutse.neza ndumuhungu wimyaka26 ndumva.mwamuza nuwo.mugore.nkamuha.urukundo.ashaka bishoboka ko ariwe.imana yangene


HATEGEKIMANA AMOS 3 July 2017

We se ko atashyizeho icyo akora kuko ashaka abafite gusa nawe nagaragaze ibyo afite yaba mu mutwe we cyangwa mubutunzi. my nbr is 0785558644


ndugu 24 June 2017

Andika Igitekerezo HanoMwiriwe.ariko muciye imanza mumugize indaya mumugize victim yurugo yarafite !sibyiza.ikindi kuba umugabo afite akazi keza musome neza numunyamakuru ubyonjyeyeho,umukeneye buriya arahari tuza mada Imana niyo izi ukuri kwawe izaguha urugo uzayisaba.Va kubana babantu ubufasha baguha nibitutsi ntakindi.


THOMAS 24 June 2017

Andika Igitekerezo Hano ARIKO BASHIKI BACUBAFITE IKIBAZO NIYIMPESHYI? UYUUZIKOYITWA MADAME SALON AMARA UKWEZI GATANYA ATIMUTAHE UGASIGARA UGENDA USUHUZA IMITIMA NKUWAKANZWE N,INTARE MUNYOMOZE 0728311165


Felix 24 June 2017

Ndumva ubwo akeneye ufite ubutunzi ntakeneye umuha urukundo kuko yatanze condition yuko uwo bakwemeranya gushingana murugo agomba kuba afite akazi keza wasanga ubwo nuwambere barabanye yikanga ko ageze kwa mwenye mari akisanga atariko biri ahubwo nabanze yumve ko uwo banana arufite urukundo atarufite akazi keza kuko abantu iyo babanye neza nimana iha umugisha urugo rwabo maze ibyo nakoze bikabahira


ijuru 24 June 2017

Mumunyihere njye nabuze umwanya wo kujya muribyo nari narabuze unyizanira mfite akazi ndikorera mba Kigali


n.b 24 June 2017

nanjye azamvugishe 0726417633


Best Wind 23 June 2017

Ariko abatekamutwe baragwiriye. Noneho arashaka igihrmbo cyumugabo wiciriye ibintu ndetse NGO ufite akazu. Uwo babanaga akazi kararangiye basangiye akabisi nagahiye none nya yo gukena aramutaye yishKira undi ugezweho? Nagahomamunwa pe. Nagende atuze kuko uwo mugabo babanye bakundana none aramwanze. Nabandi Niko azabagenza. Abafite gahunda rata munshakire akaririmbo kanjye kitwa: KAGAME ARABIKWIYE kuri you tube.


alpha 23 June 2017

Erega iterambere rirasenya nyinshi.Nawe se umugore azirirwa kuri cati ubundi arare muri filim za série nigute azubaha umugabo we umutima waramazekurarukira abajyendana nibigezweho? Nzabambarirwa numwana wumunyarwanda.Umugore wamaze gucatinga nabagabo bibirara aba yasenye byarangiye,kndi iyo amaze kuraruka bahita bamuta bagashaka abandi bashya muri matière.Nuyu mugore baramusazije ashiduka yarusenye none amakosa ye yose yayageretse ku mugabo.
Sha wamugore we uribeshya ntanarimwe uzigera ubona ibyishimo byo muri iyi si niba udahinduye imico yawe.


Alpha 23 June 2017

Yewe isi irashaje pe!
Mwitondere uyu mugore ni kabutindi,yasajije umugabo we akizwa namaguru none arashaka uwo akukana.
Ikigaragara rwose ni maraya yokurwego rwohejuru yakuye abagabo ibyinyo yabibamazemo,mbabajwe nano nana arikwigisha imico mini gisa.

Ariko abagabo baragowe kabisa!Udafite ubwenge namusange ejo azaba yicuza.


wamba! 23 June 2017

Madam nta bwenge ugira kabisa! Itekerezeho wibaze icyo waba warafashije umugabo wawe urasanga nta nakimwe! Urugo rwiza ruraharanirwa kdi uruhare rwumugore muri iryo terambere ryurugo ni runini! Wowe wakoze iki? Urashaka ko bakirerera abana se akiriho?wakunze umugabo wawe muri duke mufite mukarera abana ukava muri ibyo?urugo RWA mbere iyo rupfuye kaba kabaye nta nurundi watunga rwose ntibazakubeshye! Niba utaratandukana burundu numugabo wawe unshake nkubwire icyo tuba twifuza kubagore twashatse urasanga ahubwo ari wowe wamubereye iteshamutwe! Urasanga ntacyo wamumariye! Erega urugo ni umugore!!? Niba uri icyohe rero ntiwibaze uko byakugendekeye kundi!!!!!


wamba! 23 June 2017

Madam nta bwenge ugira kabisa! Itekerezeho wibaze icyo waba warafashije umugabo wawe urasanga nta nakimwe! Urugo rwiza ruraharanirwa kdi uruhare rwumugore muri iryo terambere ryurugo ni runini! Wowe wakoze iki? Urashaka ko bakirerera abana se akiriho?wakunze umugabo wawe muri duke mufite mukarera abana ukava muri ibyo?urugo RWA mbere iyo rupfuye kaba kabaye nta nurundi watunga rwose ntibazakubeshye! Niba utaratandukana burundu numugabo wawe unshake nkubwire icyo tuba twifuza kubagore twashatse urasanga ahubwo ari wowe wamubereye iteshamutwe! Urasanga ntacyo wamumariye! Erega urugo ni umugore!!? Niba uri icyohe rero ntiwibaze uko byakugendekeye kundi!!!!!


wamba! 23 June 2017

Madam nta bwenge ugira kabisa! Itekerezeho wibaze icyo waba warafashije umugabo wawe urasanga nta nakimwe! Urugo rwiza ruraharanirwa kdi uruhare rwumugore muri iryo terambere ryurugo ni runini! Wowe wakoze iki? Urashaka ko bakirerera abana se akiriho?wakunze umugabo wawe muri duke mufite mukarera abana ukava muri ibyo?urugo RWA mbere iyo rupfuye kaba kabaye nta nurundi watunga rwose ntibazakubeshye! Niba utaratandukana burundu numugabo wawe unshake nkubwire icyo tuba twifuza kubagore twashatse urasanga ahubwo ari wowe wamubereye iteshamutwe! Urasanga ntacyo wamumariye! Erega urugo ni umugore!!? Niba uri icyohe rero ntiwibaze uko byakugendekeye kundi!!!!!


munyemana jean christiano 23 June 2017

Ese we afuite Akahe kazi.., nirababaje pe!


munyemana jean christiano 23 June 2017

Ese we afuite Akahe kazi.., nirababaje pe!


gakire victor 23 June 2017

ngewe ndumva uwo muntu twabana kuko duhuje ikibazo ahubwo ampamagare tuganire kuri iyi nimero0728624476 kandi tuzabana mfite akazi keza cyane ariko ampamagare tumenyane
k


ju@$ 23 June 2017

najye pfite ba2 uzamvugishe 0788667409


23 June 2017

wowe uri igisambo gatsirwe na rurema abana batatu bose c ubwo uzongera ubyare bangahe se cg urashaka kugira i farm ya abana


Mwenesawuli 23 June 2017

uy’umugore ahaze iki? arashaka umugabo ufite akazi keza we afite iki? :inzu cg imodoka?


23 June 2017

yemwe uwo si umugore ahubwo nikiryabarezi azajye kubazanyina amusobanurire ibintu yashingiyeho ashakana nase yakishe ngo umugabo ufite akazi!!!! nahumure azamubona wahobajyiye nkawe uzamushaka azabanze andebe muhe ubuhamya bwabagere bibisambo.


sasa 22 June 2017

Wabyishe kare Madam,kuko urashaka ufite akazi keza kugirango agutungire abana atabyaye?
ubwo wihenuye kumugabo ko uri mwiza umutaye utazabura umugabo none usanze uko wabitekerezaga atariko ubisanze,none utangiye kwifuza uwakurerera abana bafite ise?
Uko wamubaniraga twarakubonaga none birakugarutse.awawa!


gapira 22 June 2017

noneho uwo asangamwe afite akazi kabi? ariko Mana uburaya buragwira. ngo umusore!!


Steven Mugisha 22 June 2017

Yewe simpakana ko ubwo utaka utababaye aliko Umugabo wawe nuwo witesha kuko mwagiye kubyarana 3 ali uko mukundanye ahubwo isuzume neza umenye ikibazo wifitemo naho Umugabo ntawundi kandi jya umenya ko ulimo no gusesa akanguhe batatu si ubusa. Uratera umugeri umugisha wibuza Umugabo wambura nabo bana amahirwe yo kurerwa na se. Kazi yako.


yve 22 June 2017

Wakwiyeguriye umuremyi mada esubundi kowabyaye wareze abongabo kind I ushakaniki?


sandrine ihogoza 22 June 2017

Iyo nindaya yishakira abakura ibyinyo nihagira umuyoberaho aragatoye

ngashaka abafite akazikeza


genda genda 22 June 2017

gatsindwe nimana akazi keza se wowe ufite akahe niwowe udashobotse urumukuzi wibyinyo umugaboyagutaye waramujengereje akazikeza mbane nawe unsubize kwisuka konumva urumutekamutwe wamug


NKUBITOPATIENCE 22 June 2017

UWAMUMPA ATUYEHE?


kiki 22 June 2017

Ikiryabatezi.com!Akazi KEZA!wowe se ukora akeza kameze gute !!!t’es fole


Gerard 22 June 2017

Andika Igitekerezo ndamukeneye cyane kandi ndumva ari uwo


byiringiro 22 June 2017

A Neil’s Igitekerezo iyo nimitwe umuntu mubywaranye gatatu nibwo wibutse ko atagukundaga kuki wihutiye kuvuga NGO urashaka ufite akazi keza uhise werekana ko urya mwabyaranye ntakazi keza yarafite none uhinduyemo ko ntarukundo iyo nimitwe abagore bamwe sibose mwafashe abagabo nkibigoryi kubera ko ntawukibabuza gukora ibyo mushaka amagambo wakoresheje ubwayo akugaragaza uwo uriwe ngaho bizaguhire abiyahura nibeshi yenda uzamubona kurage