Print

Diamond avuga ko yatunguwe n’ubwiza n’imibyinire y’abanyarwandakazi

Yanditwe na: Ubwanditsi 6 July 2017 Yasuwe: 2152

Mu gitaramo Diamond yakoreshereje i Nyamata yageze ku rubyiniro asaba ko abakobwa bumva biyizeye mu kubyina bazamuka hejuru bakabyinana, yitegereje imibyinire yabo ati: "hano mu Rwanda hari abakobwa beza".

Reba Video y’abo bakobwa mu mibyinire idasanzwe na Diamond


Comments

Joy 6 July 2017

Ubwo arashaka abo arajya yirirwa yirira uduturu gusa!


bali 6 July 2017

Aba si abakobwa dufite ni ibirara gusaa! Minisiteri y’Umuco nitabare naho ubundi ntaho tugana pe!


jolo 6 July 2017

NIBAHUMURE DIAMOND ARONGORA ABAKECURU BAFITE CASH NTIYABITEZA