Mu gitaramo Diamond yakoreshereje i Nyamata yageze ku rubyiniro asaba ko abakobwa bumva biyizeye mu kubyina bazamuka hejuru bakabyinana, yitegereje imibyinire yabo ati: "hano mu Rwanda hari abakobwa beza".
Reba Video y’abo bakobwa mu mibyinire idasanzwe na Diamond
Ubwo arashaka abo arajya yirirwa yirira uduturu gusa!
Aba si abakobwa dufite ni ibirara gusaa! Minisiteri y’Umuco nitabare naho ubundi ntaho tugana pe!
NIBAHUMURE DIAMOND ARONGORA ABAKECURU BAFITE CASH NTIYABITEZA