Print

Umurundikazi ufite Ubunyarwanda aranegwa kunyuranya n’ umuco w’ ibihugu byombi (AMAFOTO)

Yanditwe na: Martin Munezero 7 July 2017 Yasuwe: 6145

Lynka Kaneza usanzwe ukorera ibikorwa bye bijyanye no kumurika imideli mu Rwanda, akomeje gushyira amafoto ye ku mbuga nkoranyambaga yambaye imyambaro igaragaza imiterere y’umubiri we.

Mu gihe hari abamushima ubwiza abandi baramunenga cyane ko bihabanye n’umuco w’Abarundi kimwe n’Abanyarwanda, bagaragaza ibitekerezo byabo kuri ayo mafoto yashyize ku rukuta rwe rwa Instagram.

Uyu mukobwa ukomeje gutungura benshi, ku wa 2 Nzeri 2016, ubwo mu mujyi wa Kigali hari hateguwe igitaramo cyiswe Couplet Night, yaratunguranye, yigaragaza imbere y’imbaga yambaye umwenda umufashe cyane by’umwihariko ugaragaza imiterere y’umubiri we, aho bamwe mu bafotora bagiye bamufotora bibanda cyane ku gitsina cye.

Byagiye bigaragara ko uku kwiyambika ubusa ku mbuga nkoranyambaga bifasha abahanzi, abanyamideli n’abandi b’igitsinagore kumenyekana vuba dore ko ababitinyuka ari bake.

Bamwe mu bakobwa bo muri Afurika y’Iburasirazuba twavuga byafashije kumenyakana ni nka Desire Luzinda wo muri Uganda, Huddah Mnoroe, umunyamideli wo muri Kenya, Vera Sidika wo muri Tanzania n’abandi, ariko n’abandi muri aka karere bakaba barimo kugenda biga uyu muco.


Comments

CQ 7 July 2017

Urahakana se kiriya ni iki si igituba ????


rurangwa 7 July 2017

nashake ajye yikwiza kuko afite agatsina kabi wee


kay 7 July 2017

ariko usibye gukabya koko ubu uyu mukobwa yambaye ubusa hehe ntimugabye namwe