Asande yigishijwe kandi atozwa kurarana n’inzoka afite imyaka 2.Nyuma y’imyaka 4 umwana agize imyaka 6. Akora umwuga w’ubupfumu yatojwe nase ngo mu kuvura abantu cyane akabikora iyo se adahari.
Asande ni umwana w’umuhanuzi cyangwa umupfumu gakondo witwa Delano “Madlanduna wo muri Afurika y’epfo.
Madlanduna Papa w’uyu mwana yabwiye itangazamakuru ryo muri Afurika Yepfo ko gukorana n’inzoka yabyigishijwe n’abakurambere ngo nawe niyo mpamvu yabyishije umwana we ngo kuko imbaraga zose n’amafaranga biba muri iyo nzoka boroye.
Leta ya Afurika y’epfo ari naho bakomoka yashatse gutwara inzoka yabo ngo kuko bitemewe kubana n’ibikoko ariko Papa wa Asande ababwirako bayitwaye bahura n’akaga maze barayireka.
ijambo ly’imana lyamagana ubupfumu kuko satani ariwe wihishe inyuma yabwo gutegekwa kwa kabili 18:10-12
Sinunva se ngo nomunda zacu habamo inzoka? Nonese ko zitaturya? Ikintu cyose iyo mumenyeranye mubinshuti biriya nibisanzwe
yesu we dutababare pe twongerere imbaraga kk ndabona ibyo turwana abyo bikomeye Ahaaa nahawe nana !!!!!
Ariko satani asigaye akora kumugaragaro .ibi byose bigaragaza ko yesu agiye kugaruka bakristo dukwiye kuba maso kuko abakorera satani ntabwo bicaye
Egoko!
Egoko!
Aya ni amadayimoni mw’izina rya Yesu.
Igitekerezo uyumwana aragowepeee iza
murya