Print

Mu mafoto reba urutonde rw’abahanzikazi nyarwanda 10 bafite imiterere myiza n’uburanga bibakururira abakunzi kurusha abandi mu Rwanda

Yanditwe na: Martin Munezero 17 July 2017 Yasuwe: 16474

Usibye kuba bafite impano yo kuririmba mu bahanzikazi Nyarwanda harimo banwe usanga bafite ubwiza budasanzwe ndetse n’abandi bafite imiterere idasanzwe ari nabyo usanga benshi babikuramo igikundiro ndetse no gushyigikirwa na benshi cyane cyane ab’Igitsina gabo.

Ntago ari ihame ko umuhanzikazi wese ugaragara kuri uru rutonde ari mwiza koko guhiga abandi batagaragayeho ahubwo twe twagendeye n’ubusanzwe ku bamenyekanye mu ruhando rwa Muzika nyarwanda.

Amafoto agaragaza abakobwa b’abahanzikazi bafite uburanga n’imiterere byiza kurusha abandi mu Rwanda:

10. Asinah Era

9.Amore Azina

8. Jody Phibi

7 .Allioni Buzindu

6. Oda Paccy

5.Charly na Nina

4. Butera Knowless

3 .Marina

2. Meek Rowland

1.Princess Priscillah


Comments

Mami 5 May 2018

Asinah yari akwiye kuba no. 1 cg 2.


Joseph 17 July 2017

Oya Ntago nemeranywa nabagenda inzira zose babwiriza murugo abana numugore inzara ibamereye nabi. Gusa iyisi kuyimenya namayobera ntiwamenya ikibi nikiza bitewe mumwanya wavukiyemo icyo Nemera buri muntu uko abayeho Niko imana iba yarabiteganyije niba koko yezu yarasanze satani ikuzimu akamutsindayo


Kamoso 17 July 2017

Yewe weeeee!!!!iyo uvuga abiyambika ubusa .ibaze mukasine kweli!! Iki ni igisabune


Mike 17 July 2017

Ni sawa ariko Allioni ni number 1cg 2 ntakwiye hariya mwamushyize


MAZINA James 17 July 2017

RWANDA igira abakobwa beza cyane.Birazwi hose ku isi.Ariko kuba bano bahanzi bigana (to imitate) aba STARS bo mu mahanga,bibatesha agaciro.Nawe reba bose banitse amabere n’ibibero byabo!!.Iyi si irimo guta Moral Virtues,ari nabyo Bible ivuga biranga iminsi y’imperuka.Abantu bibeshya ko umuntu nyawe ari umu STAR,kwishimisha,amafranga,shuguri,politike,etc...
Ibyo byose Bible ibyita "gukunda ibyisi" kandi ko ababikora bose batazabona ubuzima bw’iteka (1 Yohana 2:15-17).Imana ikunda abantu bayishaka,bayubaha kandi bakayikorea.
Ngirango mujya mubona abakobwa n’abagore benshi,kimwe n’abagabo baba barimo kubwiriza ubwami bw’imana mu mihanda nkuko YESU yasize abisabye abakristu nyakuri bose (Matayo 24:14).Ababikora,nibo bonyine bazaba muli Paradizo dutegereje ivugwa muli 2 Petero 3:13.Gushaka imana tukayikorera ni itegeko YESU yasize asabye abakristu nyakuri bose (Yohana 14:12).Imana yita abanzi bayo abantu baheranwa n’ibyisi gusa,ntibite ku bintu idusaba dusanga muli Bible.Ntacyo bimaze kwibera mu byisi gusa,hanyuma ukazabura ubuzima bw’iteka.Iyo upfuye biba birangiye utazazuka ku munsi w’imperuka uri hafi cyane.