Print

Umukecuru w’ imyaka 88 yeruye umubare w’ abimukira yaryamanye nabo abantu barumirwa

Yanditwe na: Martin Munezero 17 July 2017 Yasuwe: 9966

Umukecuru wo mu gihugu cy’Ubudage w’imyaka 88, avuga ko mu myaka 5 ishize yaryamanye n’abimukira basaga Ibihumbi 3 mu gihe yabaga abacumbikiye ngo bamenyere igihugu gishya binjiyemo bavuye mu bihugu byabo bakomokamo.

Uyu mukecuru w’imyaka 88 y’amavuko, ni Dogiteri mu bijyanye n’ubuzima bw’imyororokere by’umwihariko akaba inzobere mu bijyanye n’imibonano mpuzabtsina; avuga ko rero aba bantu bose baryamanye bavuye mu bihugu bitandukanye hirya no hino ku isi bakajya mu gihugu cye bashakisha imibereho, ibi akabikora mu rwego rwo kubaha ubufasha ngo babone aho barara kabiri mu gihe bataramenyera ubuzima bushya.

Uyu mukecuru utatangajwe amazina yigishije imyaka igera kuri 24 muri kaminuza ya Stockholm. Yemeza ko yagiye aryamana n’abasore bakiri bato ndetse abemeraga kumugerera ku ngingo akaba yarabafashaga kumenyera vuba ikirere gishya babaga binjiyemo.

Gusa yemeza ko ibi yabikoze ku mpamvu ze bwite ndetse no kuba yaragiraga ngo yiyibutse ibihe bya kera, ariko akavuga ko abo basore bose n’abagabo baryamanye iyo bajya kuba bararyamanye n’abagore bo mu mujyi wa Berlin ku buryo buri mugore aryamana n’umwimukira umwe, byari guteza amakimbirane kuko hari n’ingo zari gusenyuka.

Uyu mukecuru anivugira ko hari ubwo yaryamanaga n’abagabo 2 cyangwa 3 ku munsi akaba avuga ko yabashaka kubafata neza ntibagongane cyangwa ngo babangamirane.


Comments

KAGABO James 19 July 2017

Ndasubiza umuntu wanditse munsi hano witwa RWASA.Nubwo hali ibindi bitabo by’andi madini bivuga ko bituruka ku mana,nta kintu na kimwe kerekana ko biva ku Mana.Ariko BIBLE hari ibihamya byinshi byerekana ko yanditswe n’abantu bahumekewe n’imana.Ndaguha URUGERO rumwe gusa abantu benshi ndetse n’abahanga ,zerekana ko BIBLE yandikishijwe n’imana.Urugero rwa mbere:Mu kinyejana cya 15 mbere ya YESU,MOSE yanditse ko isi itendetse mu kirere nta kintu kiyifashe (Job 26:7).MUSA ntabwo yali yarize SCIENCES.Mu kinyejana cya 17 nyuma ya YESU,nibwo ISAAC NEWTON yerekanaga ko ISI itendetse mu kirere.Nyamara mbere,abandi bahanga barabihakanaga.


Jo 18 July 2017

Umva wowe Rwasa ntukajye ubona abahamya ba Yehova bagenda ngo ubasuzugure,buriya ubon tuvuga ko bazi bibiliya ntugirwngo ntibaba baragenzuye n’ibyo bitabo byose uvuga. Ndaguha urugero:’hari ihitabo cyabo nakunze cyane kivuga kunkomoko u’amadini harimo n’ayo uvuze cyitwa’UKO ABANTI BASHAKISHIJE IMANA’Nubwo aribo bacyanditse ariko harimo inkuru zicukumbuye zitanga ibihamya bifatika zavuye mubindo bitabo by’amateka cg abandi bashakashatsi batari abaYehova.nugishaka ukagisoma uzarebe za reference zirimo.nkubwije ukuli ntago wakongera kujya ubasuzuzugura uko wiboneye. nubwo ntamashuli menshi y’isi abenshi baba barize ariko bafite ubumenyi n’ubwenge kubyerekeye Imana.


Rwasa 17 July 2017

Niko se Rwasa we stupidity uvuga urayishingira kuki? Ubuse nibura wasomye korowani ntagatifu wumva ikivuga; ubu se wasomye talmud y’abayahudi, wasomye se Rig veda y’abashito (shintoism); wasomye se Nihoghi ya babuda (boudhism); none urarata uturongo tubiri two muri bibiliys n’abayigenderaho batemeranyaho. Hari ibitabo byera byinshi kandi byigisha imibereho n’imyitwarire mu kuyoboka Imana....


KAMANA Peter 17 July 2017

Urakoze cyane RWASAMANZI.Nubwo amadini (uretse Abahamya ba Yehova) yigisha ko abantu beza bose bazajya mu ijuru,ntabwo ariko BIBLE yigisha.Ahantu henshi,BIBLE yigisha "Ijuru rishya n’isi nshya" (2 Peter 3:13).Abantu beza nyamwinshi,bazasigara mu isi izahinduka Paradizo nkuko tubisoma muli Imigani 2:21,22.Abantu bake bitwa ABERA,bazajya mu ijuru,nibagerayo bategeke ISI NSHYA ariko bari mu ijuru nkuko tubisoma muli Daniel 7:27 na Revelations 5:10.Ntabwo bazaba bajyanywe no kuririmba nkuko abiyita ABAROKORE baririmba.Imana izabakoresha cyane nkuko ikoresha cyane Abamarayika.ABERA bazategeka ISI hamwe na YESU imyaka 1 000 nkuko tubisoma muli Ibyahishuwe 20:6 na Revelations 11:15.Urumva ko batazategeka ISI itagira abantu.
Niyo mpamvu bitwa YERUSALEMU yo mu IJURU cyangwa Yerusalemu nshya,bivuga Capital yo mu Ijuru.YESU ubwe yigishaga ko Abantu beza bazatura mu isi nshya (Matayo 5:5).Ariko abantu babi bose,imana izabica ku Munsi w’Imperuka nkuko tubisoma muli Yeremiya 25:33.Imana izabigenza nkuko yabigenje ku gihe cya NOWA,ubwo yicaga abantu bose bali batuye isi,igasiga abantu 8 gusa bayumviraga kandi bakayikorera,aho kwibera mu byisi gusa nkuko abantu b’iki gihe hafi ya bose bameze.Ntimukishinge amadini abigisha ngo imana ntijya yica abantu.Ahubwo ibahora ko ibinginga ngo bihane,bakanga kumva.
Aya masomo tubaha,tuyazi kubera ko twemeye kwiga neza Bible.
Nawe ubishatse,twayikwigisha ku buntu kandi tugusanze iwawe.YESU yasabye abakristu nyakuri bose kwiga Bible neza,nabo bagakora UMURIMO w’imana wo kubwiriza mu nzira,nkuko nawe yabigenzaga.Bisome muli Yohana 14:12,kandi abasaba gukora uwo murimo ku buntu,badasaba icyacumi (Matayo 10:8).IGIHEMBO cyacu ni UBUZIMA BW’ITEKA muli Paradizo.Wikibeshya ko kuba umukristu ari guha Pastor icyacumi cyangwa kurya Ukarisitiya kwa Padiri.Ntabwo wamenya icyo imana igusaba utabanje kwiga neza Bible.Kuyitunga imuhira nk’umurimbo utazi ibirimo,ni ikosa rikomeye.


RWASAMANZI Joel 17 July 2017

Nta gitangaza kirimo kuko usanga abantu basambanya n’abasazi cyangwa abana bato cyane.Sex yatwaye abantu cyane ku buryo ababikora babarirwa muli za Miliyoni nyinshi cyane.Nicyo cyaha gikorwa n’abantu benshi kurusha ibindi.Ubu noneho babyise ngo ni ugukundana.Nubwo bimeze gutyo,imana yashyizeho umunsi w’imperuka (Ibyakozwe 17:31),ubwo izarimbura abantu bose bakora ibyaha,isigaze abantu bake bayumvira.Umuntu wese ushaka kuzarokoka kuli uwo munsi uri hafi,agomba kwitandukanya n’ibyo abantu b’isi bakora (Yohana 15:18,19).Ntacyo bimaze kwishimisha akanya gato cyane hanyuma ukazabura ubuzima bw’iteka muli PARADIZO.It is stupid kandi ikibabaje nuko abantu hafi ya bose badashaka gukora ibyo imana idusaba binyuze kuli Bible.Bashyira imbere kwishimisha,kwibeshya ko ubuzima ari amafranga,guheranwa na politike,etc...
Nyamara imana idusaba "gushaka mbere na mbere ubwami bwayo" nkuko tubisoma muli Matayo 6:33.Imana ishaka ko abayumvira bose bazaba mu isi izahinduka Paradizo dusoma muli 2 Petero 3:13.NIMUKANGUKE.