Print

Ku myaka 50 aterurwa n’umugore we nk’uruhinja kubera indeshyo ye(AMAFOTO)

Yanditwe na: Martin Munezero 21 July 2017 Yasuwe: 8736

Basori, umugabo wo mu gihugu cy’ Ubuhinde ufite ubugufi budasanzwe, uyu mugabo yavutse neza nk’abandi bana ndetse mu mikurire ye wabonaga ntakibazo afite. Kuri ubu afite imyaka 50 y’amavuko ariko abamubonye birabatangaza kuko bamugereranya n’umwana w’imyaka 5 y’amavuko.

Uyu mugabo afite imyaka 50 abamubonye bose birabatangaza

Uyu mugabo arubatse afite umugore n’abana ndetse n’abavandimwe. uretse we mu muryango we wose ntawigeze agira ubumuga bwo kuba mugufi nk’ubwo afite.

Basori avuga ko kuri we nta kibazo afite uretse abantu bamutangarira gusa, ahamya ko ateye nk’abandi ndetse yakuze nk’abandi.

Uyu mugabo ahamyako ubumuga bwo kuba mugufi bwatangiye kugaragara afite imyaka 5 aho aba byeyi be guhera kuri iyi myaka babonye adakura ngo abe yazamuka hejuru nk’abandi.

Ateruwe n’umugore we





Nubwo yagize ikibazo cy’ubugufi mubo yabyaye ntawigeze agira ikibazo nk’icye


Comments

zack 22 July 2017

uwo mugore imana imuhe imigish


22 July 2017

Yooooooo uyu mugore disi arihangana , nukuri imana uzabimwiture


diane 21 July 2017

Abagore bazi guterura koko erega arakibangatanye


uuyi 21 July 2017

ikigihugu cyu buhinde amahano kariho yibera nukuberiki