Print

Ifoto ishinjwa gushotora abagabo Oda Paccy yashyize hanze yagereranyijwe n’umuneke utonoye(AMAFOTO)

Yanditwe na: Martin Munezero 24 July 2017 Yasuwe: 7940

Umuhanzikazi Uzamberumwana Pacifique wamenyekanye ku izina rya Oda Paccy ni umwe mu baraperikazi bakunzwe cyane mu Rwanda kubera ubuhanga agaragaza mu miririmbire ye ndetse n’amafoto akunda gushyira ku mbuga nkoranyambaga ni amwe mu bituma akomeza kuvugwa mu bitangazamakuru cyane.

Uyu muhanzikazi azwiho kudatera irungu abakunzi be bamukurikirana ku mbuga nkoranyambaga aho akunda kubasangiza amafoto ye yo mu bihe bitandukanye.

Ni gake cyane Paccy aryama atoherereje abakunzi be agafoto ke ageze ku buriri, akenshi ayiherekeresha amagambo agira ati " murare neza ndabakunda ", Amwe muri aya mafoto ye bamwe mu bagabo bavuga ko abasigira irari rikabije.

Kuri ubu ifoto ikomeje kuvugisha abantu ni iyo yashyize ku rukuta rwe rwa facebook, abafana be bakomeje kuyivugaho ibitandukanye aho bamwe bashimye ikimero cye ndetse bamusaba gukomeza kubagezaho n’izindi foto ze mu gihe hari abandi bamwandagaje bamushinja kwica umuco.

Iyi foto Paccy yayiherekesheje amagambo agira ati " Uburenganzira n’Ubwawe wowe ubona ibintu uko nyirabyo atabibona ukandika ibyo ushaka kuko niko uba ubyumva . ijoro ryiza ndabakundaa".

Iyi niyo foto Paccy yashyize hanze bamwe mu bamukurikirana ku rukuta rwa facebook bamushinja kwica umuco abandi baramushimira.

Dore bimwe mu bitekerezo byatanzwe n’ababonye iyi foto ya Paccy

.umunyarwanda yaravuzengo umuneke utonoye nta appetit utera kuko ukurura imibu ninsazi byse bigatumaho,ubwo nawengurigukururabantu ntuzikarumwanda gsa

. Paccy Bit Wambaye Nabi Ntibimpimbay Pe Ariko Sorry Nkeka Arubwo Wariwicyaye Aho Bip Up Sana

.Ntukababazwe no kuvugwa kuko icyuricyo nicyo gituma uvugwa gusa wambaye ikariso icyeye

.Urutwa numupfu wapfuye kera nkiyo nifoto umumama muzima ya postinga? nangwa nikwasatani barikugutegeka kudasigasira umucyo ngayi naza congolais gusa ntabumuntu bukikuranga fuck

.Wowe kora ibintu byawe uko ubyumva!bipfa biri kwinjiza ubundi uriya muturirwa uwuzuze neza wana!

. Paccy iturize twe indangamirwa tukuri inyuma ese ubundi warakubaza iki?? Erega ntawunezeza bose abo banenga ntibajya babura gusa twe tukuri inyuma kandi wibuke ko na Yesu Abafarisayo bamurwanije kubera ibyo yakoraga bo batabasha ariko ntacike imbaraga paka aducunguye akoze icya muzanye,natwe rero nawe hari icya tuzanye nk’indangamirwa nukwemeza Isi ko dushoboye NEVER GIVE UP. Plz

.Uwanze kuvugwa yaheze munda ysnyina .ntukite kubantu ahubwo ita kubigutunze kuko nuburenganzira bwawe kwambara uko ushaka kd bijyanye na job ukora love y’all songs keep it up


Mu minsi yashize uyu muhanzikazi nabwo aheruka gusangiza abakunzi be iyi foto nayo itaravuzweho rumwe.


Comments

Yuyu 24 July 2017

Hahhh ariko c koko ko nziko abagabo bashiduka babonye umugore uteye neza nkuyu wububere bwubusogizi udafite ikimero mu maso he adasa neza wisize mukorogo uwamushutse koko ninde ariko ndahamya ntashidikanya ko akorera satani abamuha courage rwose mwikomeza gutuma agirango biramubereye wapiiii nta na kimwe gikurura mbonye ariko wasanga hari abo bikurura kuko hari abakunda inkecuru.


alain 24 July 2017

Iyi ni inferiority complex kbs,ntiyiyizeye peee!!!!!!