Print

Amafoto13 asekeje yashyizwe hanze mu bihe bitandukanye ya Barafinda

Yanditwe na: Martin Munezero 25 July 2017 Yasuwe: 9420

Barafinda Sekikubo Fred ni umugabo w’imyaka 47 wamenyekanye ubwo yajyanaga ibyangombwa bye muri Komisiyo y’amatora avuga ko ashaka kwiyamamariza kuba Perezida wa Repubulika y’u Rwanda mu matora azaba muri Kanama 2017.

Barafinda wemeza ko yigeze kugezwa mu bitaro by’abarwayi bo mu mutwe by’i Ndera akomeje kwamamara hirya no hino aho benshi usanga bamuhimbiye amagambo asekeje nkaya Joriji Baneti.

Ku mbuga nkoranyambaga zirimo Facebook, Whatsapp, Instagram usanga abantu iyo babonye akantu gasekeje bahita bakagereranya n’ibikorwa bya Barafinda.

Igisetsa abantu kurushaho ni imyambarire y’uyu mugabo, kuko akenshi akunze kugaragara yambaye amashati manini cyane k’uburyo iyo umukubise ijisho uhita umwenyura bitewe n’uburyo aba yimereye.

Aya ni amwe mu mafoto y’icyamamare Barafinda mu bihe bitandukanye












Comments

26 July 2017

Ngewe banyita gatwe kabi