Print

Ubukwe bw’umugabo urembye cyane n’umukobwa bakundana bwakoze benshi ku mitima(AMAFOTO)

Yanditwe na: Martin Munezero 10 August 2017 Yasuwe: 6741

Umugabo urembye cyane aho ubuzima bwe buri mu marembera yakoze ubukwe n’umukobwa bakundana aryamye mu gitanda cyo kwa muganga, aho yasinye atabasha no kwegura umutwe,amafoto yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga, abayabonye akaba yabakoze ku mitima

Impavu yatumye uyu mukobwa ndetse numuhungu bemera gukora ubukwe kandi umugabo ari indembe ntabwo iramenyekana ariko birakekwa ko, uyu mukobwa ngo akurikiye umutungo uyu mugabo afite ngo napfa azawegukane.

Mu mafoto yacicikanye ku mbuga nkoranyambaga yagaragaje ko uyu mukobwa n’umuryango we bishimye barimo guseka igihe umugabo we ari mahututi cyangwa indembe aryamye iruhande rwabo kugitanda.

Ibitaro ubu bukwe bwabereyemo ndetse n’amazina yabo byagizwe ibanga, mu gihe ibi byabereye muri Cameroon.


Comments

nziza jane 11 August 2017

mbega ibintu bibabaje ibi ni ubunyaswa rwose nukuri uku ni uguhohotera uyu murwayi uyu mukobwa akabije kwikunda birababaje rwose! uyu mutima niuwakinyamaswa pe!harebwe niba niyi ndwara uyu mukobwa atayifitemo uruhare kuko abaye aricyo abikoreye koko ashaka kumutwara utwe bihamyako ntacyo atakora ngo abone izo ndonke so no kumwica yamwica!Imana irengere uyu mugabo!