Print

Nditegura kurushinga ariko ntabwo naciye imyeyo, mbigenze nte kweli ko numva ngo bigezweho?

Yanditwe na: Martin Munezero 11 August 2017 Yasuwe: 7835

FOTO:Internet

Muraho neza,

Nifuzaga kugisha Inama,

Ndi umukobwa mfite imyaka 29 mfite n’umukunzi twitegura kurushinga mu kwa gatanu 2015,ariko ikibazo mfite ni kimwe kuko ntabwo naciye imyeyo(gukuna) ,kuko ntawigeze abintoza niyonabyumvaga numvaga ko ari ibintu bya kera bitagezweho kuri ubu, niyo mpamvu ntabyo nakoze.

Ariko iyo nsomye ibinyamakuru byinshi , na za commentaires za benshi nsanga nakagombye kuba narabikoze pe.

None ndagisha inama,mbigenze nte ? ese nzayice ? ntabwo se byarenze igihe ? hari indi nama se mwangira ? ese koko biracyahawe agaciro muri iki gihe ?

Murakoze cyane ku nama zanyu.Imana ibarinde


Comments

abc 20 October 2017

humura ntakibazo kuko sibyo byubaka, uba ubifite washaka umugabo mubi mugatana till divorse cg utaba warabikoze ukubaka, don’t worry.


HARERIYAREMYEDONATIEN 31 August 2017

UBWONUBUJIJI WAGIZE WOWE NURUNGANORWAWE UZAREBE ABANTUBAKURU BAKUBWIRE UKO UZABIGENZA.


Anitha 28 August 2017

Ariko kweli abakobwa ni imyeyo njye muransetsa ndi umukobwa wa 27 ans
Ariko ntamyeyo naca kbsa
Ubwo c uyiciye ntayishimire wajya kuyicishaho?
Ariko mubanye akakubwira ko.ayishaka
Mu cyumweru kimwe izaba yaje
Abantu babikora ni benshi
Ntibagukange rwose.


NI GATANAZI FABIEN 27 August 2017

MURAHO MWAMFURA MWE? MUNGIRE INAMANA MFITE UMUGORE ARANSUZUGURA CYAE PE? AKANTESHA AGACIRO MURYANGO N,UMUBANDI KADI TUMARANYE IMYAKA ICUMI UBU NJYEWE NAFASHE ICYEMEZO CYO KURARA UKWE,MURAKOZE.


B 25 August 2017

imyeyo n’iki? ni umuco w’abatemera, kuko ntabwo Imana yaremanye umugore imyeyo.


totocalice45 12 August 2017

Tanneramazi


barameinnocent 11 August 2017

nimba umugabo wawe yaragukundiye guca innyeyo uzayice kdi nimba utaramenya icyo yagukundiye uzongere ukimubaze kuko ushobora kuba utazi ibyo urimo