FOTO:Internet
Muraho neza,
Nifuzaga kugisha Inama,
Ndi umukobwa mfite imyaka 29 mfite n’umukunzi twitegura kurushinga mu kwa gatanu 2015,ariko ikibazo mfite ni kimwe kuko ntabwo naciye imyeyo(gukuna) ,kuko ntawigeze abintoza niyonabyumvaga numvaga ko ari ibintu bya kera bitagezweho kuri ubu, niyo mpamvu ntabyo nakoze.
Ariko iyo nsomye ibinyamakuru byinshi , na za commentaires za benshi nsanga nakagombye kuba narabikoze pe.
None ndagisha inama,mbigenze nte ? ese nzayice ? ntabwo se byarenze igihe ? hari indi nama se mwangira ? ese koko biracyahawe agaciro muri iki gihe ?
Murakoze cyane ku nama zanyu.Imana ibarinde
humura ntakibazo kuko sibyo byubaka, uba ubifite washaka umugabo mubi mugatana till divorse cg utaba warabikoze ukubaka, don’t worry.
UBWONUBUJIJI WAGIZE WOWE NURUNGANORWAWE UZAREBE ABANTUBAKURU BAKUBWIRE UKO UZABIGENZA.
Ariko kweli abakobwa ni imyeyo njye muransetsa ndi umukobwa wa 27 ans
Ariko ntamyeyo naca kbsa
Ubwo c uyiciye ntayishimire wajya kuyicishaho?
Ariko mubanye akakubwira ko.ayishaka
Mu cyumweru kimwe izaba yaje
Abantu babikora ni benshi
Ntibagukange rwose.
MURAHO MWAMFURA MWE? MUNGIRE INAMANA MFITE UMUGORE ARANSUZUGURA CYAE PE? AKANTESHA AGACIRO MURYANGO N,UMUBANDI KADI TUMARANYE IMYAKA ICUMI UBU NJYEWE NAFASHE ICYEMEZO CYO KURARA UKWE,MURAKOZE.
imyeyo n’iki? ni umuco w’abatemera, kuko ntabwo Imana yaremanye umugore imyeyo.
Tanneramazi
nimba umugabo wawe yaragukundiye guca innyeyo uzayice kdi nimba utaramenya icyo yagukundiye uzongere ukimubaze kuko ushobora kuba utazi ibyo urimo