Print

Perezida Kagame yakiriye mu musangiro mugenzi we wa Misiri- VIDEWO

Yanditwe na: Iyamuremye Janvier 16 August 2017 Yasuwe: 1330

Perezida Kagame ari kumwe n’abandi banyacyubahiro bo mu Rwanda , bakiriye mugenzi wa Misiri, Abdel Fattah El Sisi n’abamuherekeje, mu musangiro wabereye muri Kigali Convention Center.

Perezida Sisi yahishuye ko mugenzi we Paul Kagame ari umugabo ukoresha imbaraga ze zose mu guharanira iterambere ry’u Rwanda n’abanyarwanda, ahishura ko ibikorwa by’abanyarwanda ari ishuri ku Banya-Misiri.

Uyu musangiro wabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri nyuma yaho ku munsi w’ejo Perezida wa Misiri atangiriye uruzinduko rwe rw’iminsi ibiri muri iki gihugu kiri mu Uburengerazuba bw’Afurika.

President Kagame and President Abdel Fattah al-Sisi address the Press KAGAME NA SISI MU KIGANIRO N’ITANGAZAMAKURU

President Kagame speaks at State Banquet in honor of President Abdel Fattah al-Sisi KAGAME UBWO YAKIRAGA SISI