Uyu musore yarahemutse ,gusa azamwegere amuhumurize
yebabawe mbega ishyano idear nuko uwomukobwa yabazaniba umusore akimukunda ndabizicyane umukobwayarahungabanye niyihangane disi
ariko umusore azajya avugana numukobwa bihite bivugwako bakundanye? ndumva yari anashaje nawe se nko 27 na12 barihanzaha gusa aze kumpamagara murankire papa naho umusore bankana ntiyamwikoza.
gusa jye nkabo basore bazajye bavugisha ukuri cyana mana wee koko uwampa urukundo nkurwo nkamutetesha koko shaaa mana weee agahinda kagiye kunyica
ndebera vrement ubuse Uyu ntaziko inkweto iba ifite iyayo arata igihe kubyamusize yita umwanyawe narebe ibirimbere kandi azabona undi mwiza kumurusha wabona cyaramuryaga kimubeshya ko kimukunda
uyu musore rwose ntawamushima yarahemutse niyegere umukobwa amwihanganishe amugarure muri mood kdi azoroherwa kkdi azanamufashe kuko yagize amahirwe menshi arayitesha kubera uwo musore nagerageze rwose turamwinginze amufashe natwe inkunga azakenera tuzamwunganira ariko yibuke ko bagiranye ibihe byiza
Uwo musore nubwo yagize andi mahitamo akwiye kwigomwa akamusura mu rwego rwo ku mufasha kubyakira , inshuti n’abavandimwe nabo bakamuba hafi bakamwereka ko ubuzima bukomeza kandi bakamuvuza kuko ashobora gukira (YAGEZWE HO N’INGARUKAZ’UBUHEMU ARIKO YITAWEHO YASUBIRA KUBA MUZIMA.)
uwomukobwa namwikuremo kuko umusore ntiyigeze amukunda ahubwo nasabe Allah azamuhe umufasha we umukwiye
Shasta, ibi birababaje cyane niba bari barabisezeranye kuko yamuhemukiye koko