Print

BIRATANGAJE: Umugabo yafotowe asambanyiriza umugore mu mudoka

Yanditwe na: Iyamuremye Janvier 28 August 2017 Yasuwe: 4828

Mu gihugu cy’u Burusiya haravugwa inkuru y’umugabo uri mu kigero cy’imyaka 30 y’amavuko utatangajwe amazina yafotowe atwaye imodoka ari no mu gikorwa cyo gukora imibonano mpuzabitsina n’umugore we nawe utatangajwe amazina.

Amafoto ndetse n’amashusho yafashwe n’undi mugenzi bari mu muhanda umwe maze ayakwirakwiza ku mbuga nkoranyambaga. Uyu mugenzi yanditse avuga ko bidakwiye ko umuntu wibyubashye yakora igikorwa nk’icyo ari mu muhanda.

Uyu mugabo wakoraga imibonano mpuzabitsina n’uyu mukobwa, yataje umuvundo w’imodoka kuko yagendaga gacye.Ngo byasabye bamwe mu bashoferi kuvuza ihoni kugirango yongere umuvuduko.

Bamwe bibaza icyo yabaye kuko babonaga imodoka ye itihuta, bajya kureba icyabaye basanga yatangiye gusambana n’uyu mukobwa ari nabow amafoto yafatwaga ndetse n’amashusho.


Comments

GAPERI James 28 August 2017

Gusambana nicyo cyaha gikorwa ku isi kurusha ibindi.Ikibabaje nuko bikorwa n’abantu bitwa Abakristu.Mwibuke ibyabaye mu Rwanda muli 1994.Rwanda nicyo gihugu gifite Percentage nini y’ubukristu kurusha ibindi muli Afrika.Nubwo muli 1994,ABAYOBOZI bose bitwaga Abakristu,nyamara hafi ya bose bakoze Genocide,uhereye ku bayobozi b’amadini.
Mu dini nasengeragamo rya Anglican Church,ba Bishops bose,uretse uwitwa MVUNABANDI,abandi bose barenga 4 bashinjwa Genocide.Bishop witwaga Musabyimana Samuel,yaguye muli Gereza ya ARUSHA yishwe na SIDA (ubusambanyi).Nkuko Bible ivuga muli Matayo 7:13,14,Abakristu Nyakuri ni bake cyane.Naho abiyita bo,abarokore,abakozi b’imana,etc...ni benshi cyane.Iryo somo rivuga ko bose bazarimbuka.