Print

Safi n’umukunzi we bageze ku mucanga wa Zanzibar muri buki-AMAFOTO

Yanditwe na: Iyamuremye Janvier 4 October 2017 Yasuwe: 8023

Ku mugoroba wo kuwa mbere tariki ya 02 Ukwakira 2017 nibwo uyu muryango mushya mu bitabo by’abemera Imana, Niyibikora Safi na Niyonizera Judithe bahagurutse ku kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Kigali i kanombe berekeje i Zanzibar mu kwezi kwa Buki.

Bivugwa ko bazava muri uyu mujyi nyaburanga wa Zanzibar ku mazi n’umucanga w’aho berekeza i Dar es Salaam nyuma bakabona kugaruka mu Rwanda.Aba bombi bahamije isezerano ryabo ku cyumweru tariki ya 01 Ukwakira 2017 mu Murenge wa Remera mu mujyi wa Kigali.

REBA AMAFOTO