Print

Kubera utwenda tugufi miss Teta Sandra yicaye nabi maze bafotora hagati y’amaguru ye(AMAFOTO)

Yanditwe na: Martin Munezero 9 October 2017 Yasuwe: 48020

Miss Teta Sandra yatunguwe yerekanye ibyo yambariyeho nyuma yo kuza mu gitaramo yambaye utwenda tugufi twatumye yicara akaza kwisanga yerekanye akenda k’imbere.

Kuri uyu wa gatanu, ubwo Miss Teta Sandra yari yasohokeye mu kabari kamwe hano I Kigali yaje kugaragara yicaye nabi buri wese yirebera icyo ashatse.

Miss Teta Sandra ukunze kugaragara yambaye utwenda tugufi mu bitaramo akunda kugaragaramo dore ko ari umwe mu bategura ibitaramo muri uyu mujyi wa Kigali.

Miss Teta Sandra yamenyekanye cyane ubwo yakundanaga n’umusore ubarizwa mu itsinda rya Active, Derek, gusa ibyabo ntibyatinze kuko baje gushwana batandukana nabi.

Miss Sandra yagaragaje ikariso ye ubwo yicaraga akibagirwa ko yambaye utwenda tugufi.


Comments

20 January 2018

Mumujyire inama yige kwambara kuko kubitubwira ni ukudutesha igihe,ubundi mwebwe mujyanywa no kureba karabaye ntabindi biganiro byaditeza imbere mwabona?


Kalisa 6 December 2017

Oya nta kibazo kuko yambaye akenda k ’imbere. Abakobwa basigaye banga kwambara utwenda tw’imbere ku bushake kugirango bakurure abagabo. Ni ibigezweho mwa baturage mwe, abanyamusozi gusa. Mujye muceceka.


Kalisa 6 December 2017

Oya nta kibazo kuko yambaye akenda k ’imbere. Abakobwa basigaye banga kwambara utwenda tw’imbere ku bushake kugirango bakurure abagabo. Ni ibigezweho mwa baturage mwe, abanyamusozi gusa. Mujye muceceka.


11 October 2017

erega ntamugayo ubuse nkuyu mumwita miss mushingiye kuki? ikigaragara nabamutoye niko bameze uyu ntago arumwari ubereye urwanda


j paul 10 October 2017

’Ntaco bitwaye gusa kuba umu ’star suguhena nyampinga nabandi baze bikwieza


umusomyi sarah 10 October 2017

Uyu nawe bamujyane IWAWA


Alpha 10 October 2017

Ni uko nyine gusa birababaje. Gusa naba nawe kuko abandi bo ntibajya banazambara


agaciro peace 9 October 2017

Naba nawe yari ayambaye! Simbona muri iyi minsi benshi benshi mu nkumi bagenda babunuje nta n’izo bambaye? Ni akumiro gusa.