Miss Teta Sandra yatunguwe yerekanye ibyo yambariyeho nyuma yo kuza mu gitaramo yambaye utwenda tugufi twatumye yicara akaza kwisanga yerekanye akenda k’imbere.
Kuri uyu wa gatanu, ubwo Miss Teta Sandra yari yasohokeye mu kabari kamwe hano I Kigali yaje kugaragara yicaye nabi buri wese yirebera icyo ashatse.
Miss Teta Sandra ukunze kugaragara yambaye utwenda tugufi mu bitaramo akunda kugaragaramo dore ko ari umwe mu bategura ibitaramo muri uyu mujyi wa Kigali.
Miss Teta Sandra yamenyekanye cyane ubwo yakundanaga n’umusore ubarizwa mu itsinda rya Active, Derek, gusa ibyabo ntibyatinze kuko baje gushwana batandukana nabi.
Miss Sandra yagaragaje ikariso ye ubwo yicaraga akibagirwa ko yambaye utwenda tugufi.
Mumujyire inama yige kwambara kuko kubitubwira ni ukudutesha igihe,ubundi mwebwe mujyanywa no kureba karabaye ntabindi biganiro byaditeza imbere mwabona?
Oya nta kibazo kuko yambaye akenda k ’imbere. Abakobwa basigaye banga kwambara utwenda tw’imbere ku bushake kugirango bakurure abagabo. Ni ibigezweho mwa baturage mwe, abanyamusozi gusa. Mujye muceceka.
Oya nta kibazo kuko yambaye akenda k ’imbere. Abakobwa basigaye banga kwambara utwenda tw’imbere ku bushake kugirango bakurure abagabo. Ni ibigezweho mwa baturage mwe, abanyamusozi gusa. Mujye muceceka.
erega ntamugayo ubuse nkuyu mumwita miss mushingiye kuki? ikigaragara nabamutoye niko bameze uyu ntago arumwari ubereye urwanda
’Ntaco bitwaye gusa kuba umu ’star suguhena nyampinga nabandi baze bikwieza
Uyu nawe bamujyane IWAWA
Ni uko nyine gusa birababaje. Gusa naba nawe kuko abandi bo ntibajya banazambara
Naba nawe yari ayambaye! Simbona muri iyi minsi benshi benshi mu nkumi bagenda babunuje nta n’izo bambaye? Ni akumiro gusa.