Minisiteri y’ ubutegetsi bw’ igihugu kuri uyu wa 11 Ukwakira 2017 yatangaje ko amakuru avuga ko umuyobozi w’ akarere ka Nyatagare yeguye agafunga ari ibihuha.
Iyi Minisiteri ibinyujije ku rubuga rwayo rwa Twitter yagize ati "Amakuru akwirakwizwa ko Mayor Mupenzi George wa Nyagatare yeguye ku mirimo ye cyangwa yafunzwe ni impuha. Ababikwirakwiza barabeshya"
Amakuru akwirakwizwa ko Mayor Mupenzi George wa Nyagatare yeguye ku mirimo ye cyangwa yafunzwe ni impuha. Ababikwirakwiza barabeshya
— RwandaLocalGov (@RwandaLocalGov) October 11, 2017
NTA NDURU IVUGIRA UBUSA KU MUSOZI , UBWO NABE YISHYUSHYA.
uyu mu mayor muzi nk’inyangamugayo kdi wanga akarengane aho kava kakagera!! ibyo ababikwirakwiza ahubwo nibahanwe