Print

Umuyaga udasanzwe wambitse ubusa Malia Obama na Nyina ubwo bari mu gihugu cya Espagne(AMAFOTO)

Yanditwe na: Martin Munezero 21 October 2017 Yasuwe: 16506

Birashoboka ko na n’ubu aho Malia Obama w’imyaka 18 na Mama we bari biruhutsa iyo bibutse uko umuyaga wabahuhiye imyambaro hafi no kubambura ubusa ubwo bari bari kumanuka muri Air Force bari kumwe n’umuryango wabo i Madrid.

Cyari igihe gikomereye uyu muryango kuko umuyaga uvuye mu nyanja wendaga ku bambika ubusa bari gusoka mu ndege,ubwo bari bagiye guhura n’umwamikazi wa Espagne "Queen Letizia".


Comments

Umutoni Jane 25 October 2017

Nibe n’abangaba ni umuyaga wabambitse ubusa.Ariko duhora tubona abakobwa benshi berekana amabere n’ibibero,cyangwa baciye amapantaro kugirango bakurure abagabo.Bimaze gukabya hano mu Rwanda.Ndetse bamwe basigaye bambara amakoma.Uretse ko Honorable Bamporiki ashaka guca ibyo kwambara ubusa.Biriya bintu bibabaza imana yaduhaye private parts (amabere,ibibero,etc...) ngo tubyereke gusa umugabo wacu.Imana idusaba kutiyandarika.Abantu babirengaho,ntabwo bazaba mu bwami bw’imana.Nanjye ndi umukobwa.Ariko aho kwiyandarika cyangwa kujya muli biriya bya Boyfriend/girlfriend,njya mu nzira hamwe n’abandi dusengana,tukabwiriza abantu ubwami bw’imana kuko YESU yasize abisabye umuntu wese witwa umukistu nyakuri (Yohana 14:12).Igihembo imana izaduha,ni ubuzima bw’iteka kandi niyo twapfa,imana izatuzura ku munsi w’imperuka (Yohana 6:40).Abantu bose bibera mu byisi gusa ntibashake imana bakiriho,ntabwo bazazuka (1 Yohana 2:15-17).Bible ibafata nk’inyamaswa zitagira ubwenge (2 Petero 2:12).Ngirango mujya mutubona mu mihanda turimo kubwiriza.


kalisa 21 October 2017

Uti umuyaga wenda ga kubambika ubusa kandi muri titre wemeza ko umuyaga wabambitse ubusa!