Print

AMAFOTO:Abakobwa 6 b’ibyamamare bazwiho guhiga abandi mu kwambara imyenda migufi mu Rwanda

Yanditwe na: Martin Munezero 21 October 2017 Yasuwe: 12836

Ubundi ubusanzwe uruganda rwa Showbiz cyangwa se Imyidagaduro aho ruva rukagera ku isi yose usanga ibiberamo byose binjya gusa,ibi ahanini bikaba bituruka mu kwiganana mu bikorwa biberamo bya buri munsi.

Ibi kandi binashingirwa no mu myambarire,aho usanga bamwe baba bashaka kwisanisha n’icyamamarekazi runaka bitewe n’umwambaro yamubonyemo.Aribwo buryo bugezweho ubu ku byamamarekazi byo mu Rwanda bikunze gukoresha ku mbuga nkoranyambaga mu rwego rwo gukurura abantu bifashishije uburanga bwabo n’ikimero bafite.

Aba bakobwa n’abagore ni bamwe mu bakoresha imbuga nkoranyambaga cyane bagamije kubona abafana ariko kandi kugirango babigereho bakagerageza kwambara imyenda migufi cyane kugirango berekana ikimero cyabo. N’ubwo ababakurikira bose badahuriza kuri iki kintu ariko, aba bo bemeza ko ntacyo babona bitwaye ndetse ko baba bambaye neza rwose kandi ko bibanyura.

Irebere imyambarire yabo mu bihe bitandukanye:

1. Sacha Kat

2. Kate Bashabe

3. Fearless

4. Asinah

5. Oda Paccy

6. Shaddy Boo

NIBA IYI NKURU UYIKUNZE YISANGIZE N’ABANDI KU MBUGA NKORANYAMBAGA.


Comments

k 22 October 2017

utazi umwanzi asiga umubiri bajye batekereza ko twese tu mayiti


21 October 2017

ibibyose nububore


hakuzimana.eriab 21 October 2017

kwambara.ubusa.ntacyo.bitubwiye.kuko.twarabihaze