Umuyobozi w’umudugudu wa Gishike akaba ari na we ushinzwe umutekano witwa Byiringiro Jean D’amaur yishe umunyerondo ry’umwuga witwa Kamuhire Amiel bapfa ikiyobyabwenge cya kanyanga.
Ibi byabereye Mu Karere ka Rwamagana, mu Murenge wa Munyaga, Akagari ka Kaduha.
Iyi nkuru iracyandikwa....