Print

Umunyafurika Eudoxie ifoto yashyize hanze ngo yemeze abatemeraga ko ikibuno afite ari icya nyacyo ikomeje kuvugisha abagabo benshi(AMAFOTO)

Yanditwe na: Martin Munezero 2 November 2017 Yasuwe: 3848

Eudoxie Yao akomoka mu gihugu cya Cote d’Ivoire akaba azwiho kugira ikibuno kinini cyane ku buryo na we ahamya ko ari we wa mbere muri Afurika.

Nyuma y’uko Eudoxie ashyize hanze iyi foto hari bamwe batajyaga bemera ko icyo kibuno ari icye, dore ko hari n’abashyiraho ibiterano, bahise bemera gusa abandi bamusaba guhindukira bakirebera ku rundi ruhande uko byifashe.

Twabibutsa ko uyu mukobwa yigeze gutebya akvuga ko umugabo ushaka kumurarana azajya yishyura asaga miliyoni 30 z’amanyarwanda ku ijoro rimwe. Kuri ubu ni umwe mu bakobwa batigisa imbuga nkoranyambaga kubera amafoto ashyiraho agaragaza imiterere ye isa nk’idasanzwe mu mibereho y’abantu.


Comments

Patty 3 November 2017

Nyakubahwa Martin, nyuma yo gukora ubushakashatsi wasanze yavugishije bangahe, kandi sample size yawe cg yanyu yanganaga iki? Kugirango ngo twumve koko ko icyo kibuno gikomeje kuvugisha abagabo.


Alias 3 November 2017

Ariko jyewe ntangazwa nabirirwa barata amabuno kumbuga nkoranya mbaga ibiyavamo si amazirantoki !!!!!