Print

Mu mafoto reba umugore waciye agahigo ko kuba ariwe mugore ufite ikibuno kinini kurusha abandi ku isi

Yanditwe na: Martin Munezero 8 November 2017 Yasuwe: 11695

Mikel Ruffinelli ku myaka 43 ni umwe mu bagore baciye agahigo ko kugira amabuno banini. Uyu mugore kuri ubu ugaragaraho kuba ariwe mugore ufite amabuno banini akomoka muri Leta zunze U bumwe z’Amerika mu mujyi wa Los Angeles.

Mikel iyi ngano ye ngo nta kibazo imuteye dore ko anayibyaza umusaruro kuko benshi bamwifashisha mu kumurika imideli ibi bikaba byinjiriza uyu mugore amafaranga atari make.

Ubwo uyu mugore w’abana bane yaganiraga n’ikinyamakuru Dailmail yatangaje ko yumva ntakibazo afite kandi ko nta n’ubushake yumva afite bwo kuba yagira icyo akora ngo agabanue ibiro kuko yumva nta kibazo afite. Ndetse k’umugabo we nawe amwishimira.


Igitangaje kuri uyu mugore nu uko mbere yari muto cyane kuko akiri umwangavu yari n’umwe mu bakina umukino wo gusiganwa ku maguru.

Kuri ubu kaba ari umwe mu bantu bateye mu buryo butangaje kuri iyi ‘isi.