Print

Hagaragaye imyambarire idasanzwe mu bihembo bya Grammy Awards [AMAFOTO]

Yanditwe na: Dusingizimana Remy 29 January 2018 Yasuwe: 1403

Ibihembo ngarukamwaka bya Grammy Awwards byaraye bitanzwe muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika aho abahanzikazi nka Rita Ola,Rihanna Beyonce n’abandi batandukanye bitabiriye ibi bihembo mu myambarire idasanzwe.

Ibi birori byabereye muri stade ikomeye cyane ya Madison Square Garden iherereye muri New York aho umuhanzi wegukanye ibihembo byinshi ari Bruno Mars watahanye 6 mu gihe Kendrick Lamar yegukanye ibihembo 5.



Sam Smith


Rita Ora umuyaga wari umwambitse ubusa





Zayn Malik










John Legend n’umugore we