Print

Umukobwa wo muri Kaminuza yarenze kuri benshi bibeshyaga ko biyambika ubusa-AMAFOTO

Yanditwe na: Iyamuremye Janvier 31 January 2018 Yasuwe: 13880

Umukobwa witwa Uwitonze Naillah w’I Nyamirambo mu mujyi wa Kigali yatunguye benshi ubwo yashyiraga ku mbuga nkoranyambaga amafoto agaragaza ubwambure bwe.

Uyu mukobwa asanzwe yiga muri Kaminuza yahoze yitwa RTUC ubu yahindutse UTB.Amafoto menshi yafatiwe muri studio ndetse n’andi yagiye yifotora/afotorwa hakoreshejwe telefone ngendanwa.

Uwitonze(uri hagati) yinjiye mu kibuga.......

Hari ifoto y’uyu mukobwa yaragagaye yamanuye ikariso, ukuboko kumwe gukingirije ibere rimwe, irindi bere riri ku karubanda imoko yaryo iri hanze, ibintu bitari bisanzwe kuko abenshi imoko z’amabere bakunze kuzihisha.

Miss Vanessa na Miss Teta bakunze kugaragaza ubwambure bwabo mu ruhame

Uwitonze yerekanye ubwambure bwe nyuma y’iminsi mike hacicikanye ku mbuga nkoranyambaga amafoto y’abakobwa bihebeye imyidagaduro aribo Miss Vanessa Uwase na Miss Teta Sandra,inshuti magara.

Ni amafoto yafatiwe muri Uganda aho bano bakobwa bagaragaye bambaye ‘Bikini’ (utwenda abakobwa/abagore bambara ku mazi ‘ikariso n’isutiye’ ) maze bayashyira ku mbuga nkoranyambaga bakoresha.




Miss Vanessa ubwo yari kumucanga

Teta nawe ntiyacitswe


Comments

2 February 2018

Ngaho re! Mbese muri make bararushanwa kwambara ubusa! Nimubareke banike izo moko zabo ubwo bakeneye abazonka. Nicyo gishoro bumva bafite ntahandi baguhishe.


1 February 2018

Uyu mukobwa ntiyize muri UTB kbsa kuko ntawaho yakora ibyo gusa wasanga afite ikibazo abari hafi ye bamuganirize


sebupeace 1 February 2018

She is not a student of UTB, we know our students. This is not our student kabisa.

Kaminuza UTB ifite uburere bubereye u Rwanda nabanyarwanda, kaminuza igeze kureeee, ibi sibo at all


irizabimbuto 1 February 2018

ndagarutse k’umunsi w’intwari nkuyu nibaza niba umwari nkuyu icyiciro yajyamo.ngewe ndabona adakwhye kujya no mubigwari,muti gute?icyigwari burya har’igihe cyiba ntako cyitagize.ugasanga umuhanzi yambaye amakoma ngo akunde amenyekane,ubuse kamariza yigeze yambara amakoma?((komeza urucyire mumahoro waranarurwaniye))ndihanganisha umuntu wese wabonye ubusa bwuriya mwari


[email protected] 1 February 2018

Uyu ntiyize UTB shwiii Iwacu suku twarezwe ntibakisebye ngo babyenjyeke ahadakwiye izi nkozi zibibi zifatirwe imyanzuro muradusebya kdi mutisize


nizaniyibyiza anastase 1 February 2018

nibisazwe kuko umuco wacu wacitse arko ntibikwiriye umuntu nkamiss rwanda nugutesha agaciro igihugu ababishinzwe bagebabikurikirana pe murakoze


kalimba! 1 February 2018

Eeehhh! Iterambere mu Rwanda rirakataje kabisa. Uyu we aruta convention centre😁


Eric 1 February 2018

Ahh birakaze mubarekere uburenganzira bwabo


willy 1 February 2018

Mwataye umuco


31 January 2018

Reta nibakurikirane ibahane . kwica umuco nikosa ribaho
ariko se ubu ziye iki?, ko ntanumuco agira koko???


31 January 2018

Reta nibakurikirane ibahane . kwica umuco nikosa ribaho
ariko se ubu ziye iki?, ko ntanumuco agira koko???


Nicole 31 January 2018

uyu mukobwa arwaye amashitani iwabo bamuvuze yararangije we 🤖


Jean Paul D 31 January 2018

Iki Gihugu Cyacu Gikomeje Gukora Amakosa Yo Korora Imisega Kubera Kudakubita Imbwa, Dutabarire Hafi Kuko Ingurube Zamaze Kwinjira Mu Musigiti (iri Koranabuhanga Twemerera Izi Ngurube Zabakobwa Kurikoresha Nabi Dushobora Kuzabyicuza Mu Myaka Nka 50 Nkuko Twicuza Amoko, Nibindi Bibi Twazaniwe), Leta Nigarure Inkoni Yo Muri 1996 Ikubitwe Aba Bakobwa Wenda Bamenya Ubwenge


Seapeace Mayor 31 January 2018

Rekareka Leta NIshyirho Ibihano Bikakaye Kubakobwa Nka Bari Kutwikira Umuco. Bikomeje Gutya Ntaho Twaba Tugana Tubyiteho Nkuko Twita Kuri Made In Rda


Gatare 31 January 2018

Baba bashaka kwigana aba STARS b’i Burayi no muli Amerika,urugero RIHANNA.Birababje kubona abakobwa basigaye bambara ubusa uko bashatse.Ubundi amabere,ibibero na sex,byagenewe gusa umugabo muzashakana officially.None basigaye babyereka abahisi n’abagenzi.Gusambana byabaye umukino.Basigaye babyita "gukundana".Nubwo bimeze gutyo,ababikora bajye bibuka ibyabaye Sodoma na Gomora.Hamwe n’ibyabaye ku gihe cya NOWA.Imana yishe abantu bose bali batuye isi yose bakoraga ibyo itubuza,isigaza abantu 8 gusa bayumviraga.N’ubu niko bizagenda ku Munsi w’Imperuka uri gafi cyane.Hazarokoka abantu bake bumvira imana.